skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Kenya ishobora gusogongera ku mujinya w’akaga Hamas irimo kuri ubu

Abapolisi ba Kenya bashinzwe kurwanya iterabwoba baburiye ko hashobora kuba ibitero by’imitwe yitwaje intwaro, nka Al-Shabaab, mu rwego rwo kugaragaza uburyo bashyigikiye umutwe wa Hamas mu...
13 October 2023 Yasuwe: 1759 0

Amakipe ahagarariye u Rwanda muri Nyerere Cup akomeje kwitwara neza

Uyu ni umunsi wa 4 w’irushanwa Nyerere Cup 2023 rikomeje kubera mu ntara ya Kilimanjaro mu gihugu cya Tanzania, mu rwego rwo kuzirikana uwahoze ari Perezida wa mbere w’iki gihugu, Mwalimu Julius...
13 October 2023 Yasuwe: 341 0

RDC: Abasirikare 8 ba Loni bakurikiranweho gusambanya Abagore muri Nord Kivu

Abasirikare umunani ba MONUSCO batawe muri yombi bakekwaho ibikorwa by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina ryakorewe abaturage bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC.
12 October 2023 Yasuwe: 376 0

Musanze: Umwana yaguye mu bwiherero ahasiga ubuzima

Umwana w’umuhungu w’imyaka itatu n’igice y’amavuko, yaguye mu bwiherero abukurwamo yamaze gushiramo umwuka.
12 October 2023 Yasuwe: 962 0

Uburusiya bwaganiriye by’igitaraganya n’Abayobozi b’Ibihugu by’Abarabu ku buryo bagoboka Gaza byihuse

Uburusiya ahanini bwaricecekeye ku bijyanye n’ubushyamirane hagati y’ingabo za Isiraheli na Hamas, ariko ubuyobozi bw’i Kremlin muri iki cyumweru bwatanze ibimenyetso byerekana ko burimo gutekereza...
12 October 2023 Yasuwe: 2225 0

DR Congo yashinje M23 n’u Rwanda kubanduriza amatora

Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo yavuze ko abasaga Miliyoni 1.5 bari mu bice bigenzurwa na M23 batemerewe kwitabira amatoro y’umukuru w’Igihugu atekanijwe mu kuboza uyu mwaka 2023.
12 October 2023 Yasuwe: 1553 0

Misiri Irohereza Imfashanyo mu Ntara ya Gaza nyuma yo gutabariza Abanyepalestina bayirimo

Misiri kuri uyu wa kane yatabarije abasivili b’Abanyepalestina bari imbere mu ntara ya Gaza ivuga ko irimo kwerekeza indege zo ku rwego mpuzamahanga zitwaye imfashanyo ku kibuga cy’indege cya Al...
12 October 2023 Yasuwe: 865 0

Uganda: Abadepite banze kwemerera kuboneza urubyaro abakobwa b’imyaka 15

Abadepite bo muri Uganda banze icyifuzo cya leta cyo kwemerera abakobwa guhera ku myaka 15 gukoresha ibinini byo kuboneza urubyaro mu rwego rwo kugabanya ikigero kiri hejuru cy’abatwara inda.
12 October 2023 Yasuwe: 391 0

Niger yahaye UN amasaha 72 ngo ibe yayiviriye kubutaka

Abategetsi b’igisirikare cya Niger bategetse ko umuyobozi w’Umuryango w’Abibumbye (UN) muri Niger n’abadipulomate bawo guhambira bakava muri icyo gihugu mu gihe kitarenze masaha 72.
12 October 2023 Yasuwe: 536 0

Général wa Nyatura wigambye kurimbura Abatutsi M23 yamwishe rugikubita

M23 yavuze ko yivuganye Général Ignace wayoboraga umutwe witwaje intwaro wa Nyatura, nyuma y’iminsi mike yigambye ko nta mututsi uzongera kurangwa muri RDC mu gihe cyose azaba ariho.
12 October 2023 Yasuwe: 4127 0