Umwuka mubi watutumbye hagati y’ihuriro ry’amashyaka Union Sacrée riyobowe Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, na FCC rya Joseph Kabila wamubanjirije ku butegetsi.
Kizigenza Cristiano Ronaldo rutahizamu na Kapiteni w’ikipe y’Igihugu ya Portugal n’ikipe ya Al Nassr muri Arabie Saoudité arasabirwa gukubitwa ibibiko 99 azira gusoma no guhobera umunya-Iranikazi.
Shatta Wale yatangaje ko yahaye umukunzi we impano ya telefone ebyiri zo mu bwoko bwa iPhone n’isaha ya Rolex ihagaze arenga miliyoni 10 z’amafaranga y’u Rwanda.
Igisirikare cya Israel cyabwiye Umuryango w’Abibumbye (ONU/UN) ko buri muntu wese uba mu majyaruguru y’agace ka Wadi Gaza akwiye kwimukira mu majyepfo ya Gaza mu gihe kitarenze amasaha 24 ari...
Mu buryo buhishe, Umubyinnyi Titi Brown yagejewe mu cyumba cy’iburanisha mu rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, aho agiye kuburana ku bimenyetso bishya byatanzwe n’Ubushinjacyaha.