Umunyapolitiki akaba n’impirimbanyi y’uburenganzira bw’ikiremwamuntu, Dr Denis Mukwege yakije umuriro kuri Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, wamwise umukandida...
Dr Denis Mukwege azwiho kudaceceka imbere y’ibibazo bya politike mu gihugu cye, ibibazo by’umutekano mu burasirazuba bwa DR Congo, no kuvuga ku nkomoko yabyo, ariko icyo azwiho cyane ni ukuvura...
Kuva mu mwaka w’i 1956 hatangiye gutangwa igihembo cy’Umupira wa Zahabu (Ballon d’Or) gihabwa umukinnyi uba waragize umwaka w’imikino mwiza kurusha abandi bose ku Isi.
M23 iramutse vuga ko iri mu mirwano ikomeye n’igisirikare cy’Igihugu FARDC n’imitwwe itandukanye yitwaje intwaro basanzwe bafatanya mu rugamba n’abacancuro bitabajwe kuri ubu.