Igisirikare cya Uganda cyamaganye abagishinja ko gitera inkunga umutwe wa M23 muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, cyemeza ko nibashyigikira izi nyeshymba intambara izahinduka.
Leta ya Kenya yatangaje amazina n’amafoto y’abantu 35 bacyekwaho iterabwoba, yemeza ko ari bo bari inyuma y’ibitero by’intagondwa biheruka kubera mu karere ka Lamu gakora ku nyanja y’Abahinde.
Urwego rw’ubuzima ruyobowe na Hamas rwaraye rutangaje ko Abantu babarirwa mu majana baguye mu gitero cy’indege cyagabwe ku bitaro by’uyu utwe na Israel.
Umuhanzikazi umaze igihe kitari kinini mu muziki, Laika Muhoza, ukorera muzika ye mu gihugu cya Uganda yahamije rwose ko we n’umuhanzi Harmonize bari mu munyenga w’urukundo.
Umunyamakuru Jean Paul Nkundineza nyuma yo gukora ubusesenguzi ku cyemezo cy’urukiko rukuru kuri Prince Kid, akumvikana yikoma Miss Jolly ndetse n’uwo nyampinga akavuga ko hari inyamaswa...