Amakuru aturuka i Masisi mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aravuga ko imirwano yongeye kubura hagati y’umutwe wa M23 n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden yahamagariye mu buryo butaziguye abaturage ba Amerika gukomeza gufasha ibihugu bya Ukraine na Isiraheli mu ntambara birimo.
Rwiyemezamirimo Karomba Gael wamenyekanye cyane Coach Gael cyane mu myidagaduro, yahishuye impamvu zatumye agaruka mu Rwanda mu gihe benshi bahamya ko yahakurikiye The Ben kugira ngo amuzimye neza.
Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) ku wa 19 Ukwakira, rwatangaje ko rwarekuye Maxime Mokom wahoze ayobora umutwe w’inyeshyamba wa Antibalaka muri Repubulika ya Centrafrique (CAR), yahanaguweho...
Mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Muyumbu inzoka 10 zateye urugo rw’umuturage bivugwa ko zaba zoherejwe n’umugore wa kabiri w’umugabo wo muri urwo rugo.
Karim Benzema nyuma yo kugaragaza ko ashyigikiye Abanye- Palestine mu ntambara ya Hamas na Israel, u Bufaransa bwamwikomye bigera ubwo byanavuzwe ko yakwamburwa ubwenegihugu.
Leta Nzunze Ubumwe za America ziraburira RSF Sudan’s paramilitary Rapid Support Forces) guhagarika bwangu Ibitero by’ibiturika biri kugabwa mu duce turimo abaturage.