Mu ma saa tatu z’ijoro yo ku itariki 24 Ukwakira 2023, ni bwo uwitwa Nsengiyumva Jean Paul, wo mu Kagari ka Sahara, Umurenge wa Busogo Akarere ka Musanze, yagize impungenge z’imyaka ye y’ibirayi...
Umukecuru witwa Nyiransababera Xavera wo mu Murenge wa Gatumba mu Karere ka Ngororero, ari gusembera mu baturanyi, nyuma y’uko ubutaka bwe bwubatsemo n’inzu yari atuyemo butejwe cyamunara ku...
Abaturage bo mu Murenge wa Shyira mu Kagari ka Kanyamitana bavuga ko bahangayikishijwe bikomeye n’umusozi wa Gisuma urimo kugenda urigita ukanatenguka, aho imiryango iwutuyeho ishobora guhura...
Raporo ya Human Right Watch yo ku wa 10 Ukwakira 2023, igaruka cyane ku Banyarwanda baba mumahanga aho ivuga ko “u Rwanda rucecekesha abashaka kurunenga.”
Mu gihe u Rwanda rukomeje urugendo rwo guhindura Indangamuntu ikava mu buryo busanzwe igashyirwa mu buryo bw’ikorana buhanga, imyaka yo kuyitunga nayo izahinduka.