Uduce twa Teritwari ya Nyiragongo na Rutshuru dusanzwe tugenzurwa na M23, ubu hari amasaha ntarengwa uyu mutwe wamaze gushyiraho mu gihe cy’akazi no kuba abaturage bamaze kugera mu ngo zabo ngo...
Mu Mudugudu wa Buhaza, Akagari ka Gati mu Murenge wa Muyira muri Nyanza haravugwa inkuru y’abantu bane bafashwe n’abaturage bakabakubita babita abajura umwe akahasiga ubuzima.
Leta ya Israel yemeje imyirondoro y’Abanya-Tanzania babiri byemezwa ko bashimuswe n’umutwe w’intagondwa wa Hamas kuva ku itariki ya 7 Ukwakira (10) uyu mwaka, hafi y’umupaka wa Gaza.
Mu nama y’i Brazzaville yigaga ku kurengera ibidukikije by’umwihariko amashyamba yo mu kibaya cya Congo, Perezida Tshisekedi wa RDCongo yongeye kwikoma u Rwanda,arushinja ubushotoranyi .
Guhera ku mugoroba wo ku wa 29 Ukwkira 2023, ku mbuga nkoranyambaga ni ibicika nyuma y’uko Junior Rumaga asohoye amafoto agaragaza Bahali Ruth atwite bagaca amarenga ko baba bagiye kwibaruka.
Nyuma y’uko Diamond Platnumz aserukanye abana yabyaranye na Zari hamwe na Tanasha Donna akirengagiza umwana yabyaranye na Hamisa Mobetto, yavuze ko atari byiza kugendana n’abana kuko baba bagomba...
Perezida wa Iran witwa Ebrahim Raisi avuga ko ibyo Israel iri gukorera muri Gaza ari ukurenga umurongo utukura kandi ko bizatuma Iran yinjira muri iyi Ntambara Israel iri kurwana na Hamas.
Itsinda ry’ingabo z’u Burundi ryitwaje intwaro nto n’iziremereye ryagaragaye ku nkengero z’uruzi rwa Rusizi, ku mupaka w’u Burundi na Congo, mu Mudugudu wa Kaburantwa, Komini Buganda, mu Ntara ya...