Bamwe mu rubyiruko rwo mu Karere ka Burera, ruvuga ko ababyeyi babo ari bo ba nyirabayazana mu gutuma rudashora imari mu mwuga w’ubuhinzi ngo kuko barwima ingwate, ariko ababyeyi nabo bakarusaba...
Pasiteri Ng’ang’a wo mu Itorero rya ‘Neno Evangelism Center’ mu Mujyi wa Nairobi muri Kenya, yatanze igihe ntarengwa cyo kuba abasore n’inkumi bakuze, by’umwihariko abaririmbyi bari mu itorero rye...
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’Inzego z’ibanze n’abaturage mu Karere ka Nyagatare, yafashe umusore w’imyaka 24, ukurikiranyweho kwiba moto yo mu bwoko bwa TVS ifite nimero iyiranga RC503 R.
Abaturiye umusozi w’amasengesho wo mu Murenge wa Muhoza, wo mu Karere ka Musanze wahawe izina rya ‘Ndabirambiwe’, bavuga ko abahasengera ubuzima bwabo buri mu kaga.
Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yavuze ko nta munsi n’umwe intambara izigera iba igisubizo, ashimangira ko icyarangiza amakimbirane n’umwuka mubi umaze imyaka hagati ya...
Abashumba 6 bari mu bashinze itorero Zion Temple barasaba urukiko rwisumbuye rwa Gasabo kwemeza ko Apôtre Paul Gitwaza atakiri umuvugizi waryo kuko bemeza ko bamwirukanye.