Umutwe w’inyeshyamba wa M23 kuva mu gicuku cyo kuri uyu wa 08 bishyira kuwa 09 Ugushyingo mu masaha ya saa sita z’ijoro wagabweho ibitero bikomeye muduce twa Kabati,Ferme ya Kabila no mu gace ka...
Bayern Munich, Real Madrid, Real Sociedad na Inter Milan zageze muri 1/8 cya UEFA Champions League, Manchester United itsindwa na FC Copenhagen ibitego 4-3 bituma ishobora gusezererwa itarenze...
Bruna Biancardi ukundana na Neymar yagize icyo atangaza nyuma yuko we n’umwana baherutse kwibaruka bari bashimuswe n’ibisambo byitwaje intwaro aho batuye São Paulo muri Brazil.
Amashusho yo kuri X yatangajwe n’ikinyamakuru Le Mandat arerekana Umuvugizi w’ingabo z’Uburundi witwa Colonel Floribert Biyereke ahakana ibivugwa ko ingabo z’igihugu cye zikorana na FARDC, Mai Mai,...
Ingabo z’Uburundi ziri mu butumwa bwa EAC mu burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Kongo zirukanywe mu mijyi ya Kitshanga na Mweso mu teritware ya Masisi.