Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) kivuga ko kibabajwe n’urupfu rw’umwe mu basirikare bacyo wiciwe i Goma muri iki cyumweru kandi ko cyatangije iperereza ngo hamenyekane...
Abanyeshuri barenga 70 bo ku Rwunge rw’Amashuri rwa Gahushyi, ruherereye mu Murenge wa Rukira, Akarere ka Ngoma, bajyanywe kwa muganga igitaraganya nyuma yo kurya ibiryo bikekwa ko bihumanye.
Ba rushimusi bo muri Tanganyika ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo bavuga ko bazarekura Umushinwa baherutse gushimutana n’umuturage wa Congo ari uko bishyuwe $400 ni ukuvuga Frw 400,000...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Perezida Varisito Ndayishimiye w’u Burundi bitabiriye inama ihuza igihugu cya Arabie Saoudite n’Umugabane wa Afurika, iba kuri uyu wa Gatanu,...
Ku isaha y’isaatatu za mugitondo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 ugushyingo 2023, nibwo biteganijwe ko urubanza ruregwamo CG (Rtd) Emmanuel Gasana, wahoze ayobora Intara y’Iburasirazuba rutangira.
Bamwe mu baturage batuye mu karere ka Ngororero mu murenge wa Muhanda mu burengerazuba bw’u Rwanda, barasaba ubutabera ku bikorwa by’urugomo bavuga ko bakorerwa na bagenzi babo.