Kuri iki cyumweru Uburusiya bwatangaje ko bwarashe indege zitagira abapilote zo mu bwoko bwa drone zigera kuri 36 zari mu kirere cy’Inyanja y’Umukara n’umwigimbakirwa wa Cremea. Ukraine yongereye...
SP Nyagatare Delanoë yafashwe na RIB ku wa 10 Ukwakira 2023 akekwaho gukubita uwitwa Nyandwi Aimable urushyi mu muhanda. Yaburanye ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo ku wa Kane tariki ya 26...
Perezida wa FERWAFA yamaze impungenge abamaze iminsi bahangayikishijwe n’imisifurire mu Rwanda by’umwihariko umukino wa APR FC na Rayon Sports, avuga ko uzakora ikosa abigambiriye azabiryozwa
Mu murenge wa Kimonyi mu karere ka Musanze hari abaturage bahangayikishijwe n’itsinda ry’insoresore ryiyise abashomeri.Iri tsinda rikora ibikorwa by’ubwambuzi, rikanakomeretsa abaturage.