Nelson Chamisa, umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Zimbabwe, waje ku mwanya wa kabiri mu matora ya perezida, yashinje Perezida Emmerson Mnangagwa kwiba ubutegetsi binyuze mu matora.
Abayobozi ba Teritwari ya Malemba Nkulu, kuri iki Cyumweru, itariki ya 27 Kanama, bataye muri yombi Abashinwa 13 bashinjwa gukora ubucukuzi bwa lithium mu buryo butemewe.
Umutwe wa gisirikare muri Soudana RSF uhanganye n’ingabo z’igihugu kuva mu mezi 4 ashize, watangiye gutekereza uburyo wahagarika imirwano imaze kuyogoza igihugu cyabo no gushyira mu kaga ubuzima...
Mu Mudugudu wa Ruhondo, Akagari ka Ruhinga, Umurenge wa Gitesi mu Karere ka Karongi haramutse inkuru y’umusore w’imyaka 21 waraye wiyahuje umuti wica udukoko bita Tsiyoda. Yari avuye gutaha ubukwe.
Ubwo yasozaga ubutumwa bw’akazi mu mujyi wa Kisangani, ibarizwamo akarere ka gatatu ka gisirikare ka FARDC, Umugaba wungirije w’ingabo ushinzwe ibikorwa Gen. Chico Tshitambwe yayoboye akarasisi...
Leta y’u Bufaransa yavuze ko ubutegetsi bwa gisirikare muri Niger nta burenganzira bufite bwo guha Ambasaderi wabwo muri iki gihugu amasaha 48 yo kuba yavuye i Niamey.