Mu buhungiro, umunyapolitiki Corneille Nangaa wabaye Perezida wa komisiyo y’amatora muri Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko ibikorwa bya Félix Tshisekedi bigiye gusenya iki gihugu.
Abaguverineri ba za Leta 36 bo muri Nigeria kuri uyu wa Kane, itariki 24 Kanama 2023 batangiye umwiherero w’iminsi itatu ubera i Kigali wateguwe ku bufatanye bw’Inama ya ba Guverineri bo muri...
Donald Trump yakoze amateka yo kuba uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika watawe muri yombi na polisi ndetse agafungirwa muri Gereza yo muri Atlanta ku mugoroba wo kuri wa Kane...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Kirehe,baturiye ahakorerwa imyitozo ya gisirikare,Nasho,barasaba kuhimurwa kuko babangamiwe n’amasasu ndetse hari n’abo akomeretsa abasanze mu mirima yabo bahinga.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zafatiye ibihano abantu batandukanye, zikabashinja kugira uruhare mu kwenyegeza amakimbirane mu burasirazuba bwa Congo ndetse no guhonyora uburenganzira...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano Brig Gen Andrew Nyamvumba wo mu ngabo z’u Rwanda, zimushinja kugira uruhare mu kwenyegeza amakimbirane mu burasirazuba bwa Congo.