skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Muhanga: Bitunguranye ,umugenzi yapfiriye muri Gare bategeramo imodoka

Umugabo w’imyaka 40 y’amavuko witwa Ahorushakiye Venant yapfiriye mu Kigo abagenzi bategeramo imodoka i Muhanga.
22 August 2023 Yasuwe: 2415 0

Buregeya Prince yeguye kubu kapiteni bwa APR FC atamazeho igihe

Myugariro Buregeya Prince Aldo wari Kapiteni wa APR FC, yamaze kwegura kuri izo nshingano.
22 August 2023 Yasuwe: 1269 0

Tshisekedi ahugiye mu guha imbaraga FDLR ngo imukize M23 n’u Rwanda-Biravugwa

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, ngo yaba ahugiye mu guha umutwe witwaje intwaro FDLR washinzwe n’abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda intwaro...
22 August 2023 Yasuwe: 1492 0

Ubwongereza bwongeye kwitandukanya nabavuga ko u Rwanda rudatekanye

Guverinoma y’u Bwongereza ntiyemeranya n’abavuga ko u Rwanda rudatekanye byo kwakira abimukira, bashingira ku kuba hari Abanyarwanda 14 baherutse guhabwa ubuhungiro n’iki gihugu cyo ku mugabane...
22 August 2023 Yasuwe: 450 0

Perezida w’Ubushinwa yageze muri Africa y’Epfo yaherukaga kera kwitabira Brics

Perezida w’Ubushinwa yaherukaga ku mugabane wa Africa mu myaka itanu ishize, yageze muri Africa y’Epfo aho yitabiriye inama y’ibihugu bikataje mu iterambere byishyize hamwe mu itsinda ryitwa Brics.
22 August 2023 Yasuwe: 627 0

Africa yunze Ubumwe kuri yahagaritse igihugu cya Niger mu bikorwa byayo

Umuryango wa Africa yunze Ubumwe, (AU) wahagaritse Niger mu bikorwa byose bijyanye n’uwo muryango nyuma y’uko abasirikare bafashe ubutegetsi.
22 August 2023 Yasuwe: 580 1

RD Congo ntiyatanzwe mu bitabiriye inama y’ibihugu by’Ibihanganjye BRICS

Repubulika ya demukarasi ya Congo yitabiriye inama y’ibihugu by’ibihangange bihuriye mu muryango BRICS ugizwe na Brazil, u Burusiya, u Buhinde, u Bushinwa na Afurika y’Epfo.
22 August 2023 Yasuwe: 1111 0

Inkongi yibasiye nyungwe kuva ku cyumweru na nubu ntirahagarikwa

Hegitari 15 z’ishyamba rya Nyungwe ku gice giherereye mu Murenge wa Bweyeye mu Karere ka Rusizi, zibasiwe n’inkongi y’umuriro.
22 August 2023 Yasuwe: 935 0

Tchad: Ishyamba s’iryeru,hari abiteguye guhirika Perezida Itno

Mu Majyaruguru ya Tchad hari inyeshyamba ziri kotsa igitutu ubutegetsi bwa Perezida Mahamat Idriss Déby Itno. Zigize umutwe witwa CCMSR.
22 August 2023 Yasuwe: 1438 0

Umuyobozi wa Wagner yagaragaye ahagaze ku butaka bikekwa ko ari muri Afurika

Umuyobozi mukuru w’abacanshuro b’Abarusiya bo mu kigo cya Wagner, Yevgeny Prigozhin, yigaragaje bwa mbere kuva yivumbura ku butegetsi bw’u Burusiya muri Kamena.
22 August 2023 Yasuwe: 846 0