Kuri uyu wa Kane, itariki ya 17 Kanama, Igisirikare cyemeje ko nibura abasirikare 36 ba Nigeria biciwe mu bitero bibiri ubwo bari mu bikorwa byo kurwanya abitwaje intwaro muri Leta ya Niger yo mu...
Perezida João Lourenço wa Angola kuri uyu wa Kane tariki ya 17 Kanama, yasimbuye mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi wa Congo Kinshasa ku buyobozi bw’Umuryango w’Ubukungu uhuza ibihugu byo muri...
Umunyapolitiki Martin Fayulu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo, RDC, aremeza ko mu mwaka w’2018 muri iki gihugu habaye ihirikwa ry’ubutegetsi bwari bugiye kujyayo...
Umunyapolitiki Raila Odinga utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kenya yasabye Ambasaderi wa Leta zunze za Amerika (USA), Meg Whitman, gufunga umunwa, amubwira ko igihugu cyabo kitari mu bukoloni.
Umukinnyi Neymar Jr, uri mu bakinnyi berekeje mu burasirazuba bwo hagati umu ikipe ya Al Hilal yo mu gihugu cya Arabiya Sawudite (Soudi Arabia) avuye mu gihugu cy’Ubufaransa Paris...
Umuyobozi w’umujyi wa Kigali, Rubingisa Pudence, yatangaje ko imiryango 3131 ituye ahantu hashyira ubuzima bwayo mu kaga ku buryo ari ngombwa cyane ko yimuka cyangwa ikimurwa ukwezi kwa Nzeri 2023...