Umushumba wa kiriziya gatorika, Papa Fransisiko, yageze mu gihugu cya Portugali kuri uyu wa gatatu mu ruzinduko rw’iminsi itanu, kwizihiza umunsi w’urubyiruko kw’isi.
Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kuri uyu wa kabiri yasohorewe inyandiko y’ibirego imushinja kugerageza kuburizamo mu buryo bunyuranyije n’amategeko ibyavuye mu...
Kuri uyu wa Gatatu, Ingabo za Ethiopia zahanganye n’abarwanyi bo mu mutwe witwaje intwaro mu karere ka Amhara, mu bushyamirane bushobora gufata intera hagati y’abahoze ari abafatanyabikorwa...
Mu gihugu cy’u Burundi kuri uyu wa gatatu, itariki ya 2 Kanama 2023, bibutse urupfu rwa Lt. Gen. Adolphe Nshimirimana wiciwe mu gitero cya rokete i Bujumbura mu 2015 mu gihe igihugu cyari mu...
Mugihe imikino y’igokombe cy’afurika mu bagore mu mukino wa basketball (FIBA WOMEN AFROBASKET 2023) iribanyije, nyuma kandi yo gusoza imikino yo mu matsinda ndetse na kamarampaka ku makipe...
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yakoze impinduka mu nzego z’umutekano mu gihugu cye zasize ashyizeho umuyobozi mushya w’urwego rw’ubutasi (ANR).
Gen. Major Ilondo Efondo Hugo wahoze ayobora akarere ka 14 ka Gisirikare ka FARDC, akurikiranweho, hamwe n’abo bareganwa, imbere y’urukiko rukuru rwa gisirikare kunyereza imodoka yo mu bwoko bwa...