Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Kongo, Felix Antoine Tshisekedi ari kumwe na Minisitiri w’Intebe Jean-Michel Sama Lukonde, barakira kuri uyu wa gatatu abadepite bo mu ntara za Kivu...
Urubanza rwa Félicien Kabuga uregwa ibyaha bya jenoside rwakomeje kuri uyu wa gatatu i La Haye mu Buholandi mu rugereko rwasigaye ruca imanza zitarangijwe n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa...
Ikigo gishinzwe iby’isanzure muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (NASA) cyemeje ko icyogajuru cyoherejwe mu isanzure cyabashije guhindura inzira y’ibuye rinini rizwi nka Dimorphos.
Kuva mu mpera z’ukwezi gushize kwa Nzeri(9) abategetsi b’u Burundi bemereye abaturage kujya mu Rwanda badasabye leta uruhushya, ariko urujya n’uruza ntirurasubira nk’uko rwahoze.
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yashishikarije ibihugu gufatira Uburusiya ibindi bihano nk’igisubizo ku "nkubiri nshya y’iterabwoba", nyuma y’ibitero kuri Ukraine byo ku wa mbere.
Abaganga bashakishijwe muri bimwe mu bihugu bikennye cyane ku isi kugira ngo bakore mu bitaro byo mu Bwongereza bavuga ko bahuye n’ikibazo cyo gukoreshwa nabi kandi ko bakora cyane n’amasaha...