skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Imodoka ya PAM yafatiriwe n’impunzi muri Malawi. icyabibateye kiratangaje!

Impunzi zicumbikiwe mu nkambi ya Dzaleka muri Malawi zigaragambije ndetse zifatira imodoka y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ibiribwa (PAM) nyuma y’uko zibwiwe ko zitari ku rutonde...
5 November 2022 Yasuwe: 2401 0

Kwirukana Ambasaderi w’u Rwanda byaba ari intangiriro yo gutangiza intambara kwa Tshisekedi?

Minisitiri w’itumanaho, Patrick Muyaya Katembwe akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma ya Congo Kinshasa, yavuze ko iki cyemezo gishingiye ku kuba u Rwanda rufasha M23.
1 November 2022 Yasuwe: 2172 1

Perezida wa Kenya yasabye ko Ubwicanyi Bukorwa n’Abaporisi be Buhagarara

Perezida wa Kenya, William Ruto, kuri uyu wa mbere yavuze ko atifuza kongera kumva Abapolisi be bakora ubwicanyi mu baturage, kandi ko ababikora bazakurikiranwa.
1 November 2022 Yasuwe: 625 0

MONUSCO yemeje ubufasha bwayo kuri FARDC imerewe nabi na M23

MONUSCO yatangaje ko irigufasha FARDC, kandi ko iri kugira uruhare mu kurinda abaturage bari guhunga imiryano ikomeje hagati ya FARDC na M23.
31 October 2022 Yasuwe: 2862 1

Burkina Faso: Abasirikare 13 Baguye mu Mutego w’Abajihadiste

Muri Burkina Faso, abakekwa kuba ari abajihadiste bateze igisasu mu muhanda mu mpera z’iki cyumweru dusoje, bica abasirikare 13 mu ntara iri mu burasirazuba bw’igihugu.
31 October 2022 Yasuwe: 392 0

Uwahoze ari Ministre muri UK yise Kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro ’ubugome’

Uwahoze ari Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu w’Ubwongereza yaburiye ko gahunda yo kohereza mu Rwanda bamwe mu basaba ubuhungiro ari "ubugome" kandi ko "idashoboka mu gushyirwa mu bikorwa".
28 October 2022 Yasuwe: 1349 0

Prezida w’Amerika Yakiriye uwa Isirayeri

Prezida wa Reta zunze ubumwe z’Amerika, Joe Biden, yaraye yakiriye prezida wa Isirayeri, Isaac Herzog.
27 October 2022 Yasuwe: 1081 0

Umuryango RJSD watangije gahunda zo kurwanya ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe hifashishijwe inyandiko n’itangazamakuru

Abahagarariye guverinoma, imiryango mpuzamahanga, sosiyete sivile n’abanyamakuru bahuriye hamwe ku rwibutso rwa jenoside rwa Kigali bagirana ibiganiro bigamije gushaka umuti w’ibibazo by’ubuzima...
27 October 2022 Yasuwe: 313 0

Umuryango wose urimo abana 6 muri Uganda wanduye Ebola

Abategetsi bo mu murwa mukuru wa Uganda bavuga ko abana batandatu bo mu muryango umwe w’i Kampala banduye Ebola.
27 October 2022 Yasuwe: 602 0

America yongeye kwiyama Uburusiya

Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Joe Biden, yihanangirije Uburusiya, kudakoresha ibitwaro kirimbuzi cyangwa izindi zose zikoranye ubumara kirimbuzi mu ntambara barimo na Ukraine.
26 October 2022 Yasuwe: 2243 0