Mu bigaragambya muri Kenya, umwe amaze kuva mu mubiri nyuma yo kurasirwa uruhande rw’isoko rya Kibera mu mugi mukuru wa Nairobi, aho yari mu nzira agerageza kuwinjiramo.
Police muri Kenya yarashe ibyuka biryani mu maso mu baturage bashakaga kuzenguruka umugi wa Nairobi mu myigaragambyo yateguwe n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’icyo gihugu.
Ibitangazamakuru bitandukanye muri Repuburika ya Demokarasi ya Congo kuri uyu wambere tariki ya 20 werurwe 2023 bizindutse byandika ko ubutegtsi bwa Congo buhanze amaso SADC mu kibazo cy’umutekano...
Leta nzunze ubumwe z’Amerika zatangiye guha imyitozo ya gisirikare, abasirikare batandukanye bo mu bihugu byo muri Afurika yo muburengerazuba basanzwe barwanira mu mazi.