Gutabarizwa (kushyingurwa) kw’Umwamikazi kwo ku wa mbere kwitezwe kuba kumwe mu guterana kwa mbere kunini cyane kw’abami n’abanyapolitiki kubayeho mu Bwongereza mu myaka ibarirwa muri za mirongo...
Perezida mushya wa Kenya , William Ruto warahiriye kuyobora iki gihugu ku ncuro ya 5 kuva kenya yabona ubwigenge mu 1963 ngo n’impano yahawe Afurika y’Uburasirazuba
Nyuma y’urupfu rw’Umwamikazi Elizabeth II mu Bwongereza, itsinda ry’abadashyigikiye ubutegetsi bwa cyame ryagerageje kwigaragambya risaba ko buvaho burundu.
Abasirikare babiri n’abiyahuze basaga gato 10, nibo bivugwa ko baguye mu gitero cy’ibyihebe cyagabwe ku nkambi ya gisirikare muri iri mu burasirazuba bw’icyo...