Mu gihe zimwe mu mpunzi z’aba kongomani zisubira mu gihugu cyazo ziva mu
karere ka Gisoro muri Uganda aho ubutegetsi bwazisabye kujya mu nkambi
cyanga gutaha, hari izikirimo...
Ibihugu bya Armeniya na Azerbaijani bisa n’ibyashyitse ku masezerano yo guhagarika intambara, imaze guhitana abasirikare bo ku mpande zombi barenga 170 kuva itangiye muri iki...
Kuva mu gitondo cyo kuwa kane abatuye mu midugudu ya Kibiraro I na Kangondo mu kagari ka Nyarutarama aho leta yagennye ko abahatuye bagomba kwimurwa hagoswe n’abashinzwe umutekano, nta muntu...
Polisi ya New Zealand ivuga ko umugore yatawe muri yombi muri Koreya y’Epfo bijyanye n’abana babiri bishwe basanzwe mu mavalisi (valises) mu kwezi gushize.
Komisiyo ya Sena y’ Amerika ishinzwe imibanire n’Amahanga, kuri uyu wa gatatu yemeje ko Amerika iha Tayiwani intwaro zifite agaciro k’amamiriyaridi y’amadolari.
Komanda w’abarwanyi bo mu karere ka Tigray kibasiwe n’intambara ko mu majyaruguru ya Ethiopia yavuze ko batakaje umujyi uri hafi y’imipaka y’aka karere n’igihugu cya Eritrea baturanye.
Liyetona...