skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Perezida wa Uganda yinjiye mu kibazo cy’amabati yageneye abatuye Karamoja akanyerezwa

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yategetse abaminisitiri bo muri Guverinoma y’Igihugu cye kugarura amabati yari yarageneye abaturage batishoboye bo mu gace ka Karamoja bakaza kuyifunga.
11 April 2023 Yasuwe: 824 0

Ibiganiro biherutse guhuza IMF, n’ubuyobozi bw’u Burundi byageze ku ntego

Umwe mu myanzuro iherutse kuva mu nama yahuje ubuyobozi bw’Ikigega mpuzamahanga cy’imari, IMF, n’ubuyobozi bw’u Burundi ni uko iki gihugu kizahabwa miliyoni $ 261 azagifasha kuzahura ubukungu bwacyo.
11 April 2023 Yasuwe: 763 0

Umuvugizi w’ibiro bya Perezida Kagame yamaganye ibyatangajwe na NYT muri Amerika

Umuvugizi w’ibiro bya Perezida w’u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yamaganye ibyatangajwe n’ikinyamakuru New York Times cyo muri Leta zunze ubumwe za Amerika kuri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994
11 April 2023 Yasuwe: 2404 0

Uko Interahamwe ziciye Abatutsi mu nsengero zitandukanye

Mu 1994 muri ETO hari ingabo za MINUAR zari mu butumwa bw’amahoro byatumye Abatutsi bahahungira ari benshi bizeye kurindwa n’ingabo zifite intwaro. MINUAR imaze kubasiga mu menyo y’Interahamwe...
11 April 2023 Yasuwe: 810 0

Perezida Samia yahaye ijwi Liberata Mulamula ushaka umwanya wubunyamabanga bwa Commonwealth

Perezida Samia Suluhu wa Tanzania yashyigikiye kwiyamamaza kwa ambasaderi Liberata Rutageruka Mulamula wahoze ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga ku mwanya wo kuba umunyamabanga mukuru w’umuryango...
11 April 2023 Yasuwe: 1043 0

Abana bafite base bakoze jenoside baba hanze,nibo bakwirakwiza urwango

Minubumwe yemeza ko ingengabitekerezo ya jenoside ikomeje guhemberwa n’abana bakomoka ku ba jenosideri, kandi ko benshi muri abo bana baba mu bihugu byo hanze.
11 April 2023 Yasuwe: 604 0

America: Umukozi wa Bank yarashe bagenzi be batanu nawe barabamukurikiza

Abantu batanu bapfuye, ubwo umukozi muri banki yo mu Mujyi wa Louisville, muri Kentucky, ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yarasaga bagenzi be kandi icyo gitero akagicisha kuri instagram...
11 April 2023 Yasuwe: 660 0

M23 yatunze urutoki Ingabo za EAC, yamagana ubutegetsi bwa Tshisekedi buri kwica amasezerano

Umutwe wa M23 wikomye Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba ziri muri Congo (EACRF), uvuga ko kuba ziri gutinda kujya muri tumwe mu duce wahoze ugenzura biri guha urwaho Ingabo za Congo...
11 April 2023 Yasuwe: 1054 1

Perezida Ndayishimiye yagaragaje ishingiro ry’umubano w’Igihugu cye n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, aremeza ko ntacyo u Burundi n’u Rwanda byapfa bitabonerwe ibisubizo, ku buryo byakwangana burundu.
10 April 2023 Yasuwe: 2342 0

Ikigo NISR cyatangaje ko ibiciro ku isoko byongeye gutumbagira ugereranije n’umwaka ushize wa 2022

Imibare yatangajwe kuri uyu wa 10 Mata, igaragaza ko muri Werurwe 2023 ibiciro byiyongereye "bitewe ahanini n’ibiciro by’ibiribwa n’ibinyobwa bidasembuye byiyongereyeho 41,3%, ibiciro by’ibinyobwa...
10 April 2023 Yasuwe: 810 0