Ubwo hasozwa icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, hongeye kuburirwa no gukebura abagihembera ingengabitekerezo ya jenoside, bibutswa ko Leta y’ubumwe...
Perezida wa Sena Dr. Kalinda François Xavier aratangaza ko politiki mbi y’urwango n’ingengabitekerezo ya jenoside idashobora kugaruka mu Rwanda kuko n’uwahirahira agerageza kuyigarura yatsindwa...
Indi nyandiko yo hagati muri Gashyantare mu mabanga ya Pentagon yashyizwe ku karubanda isobanura ikiganiro cyeruye hagati ya Guterres n’Umunyanijeriyakazi umwungirije, Amina Mohammed, wumvikana...
Abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bagiye guhurira i Lubumbashi mu ntara ya Haut-Katanga mu nama igamije gushaka uko bakwigizayo Perezida Félix...
Kuri uyu wa 12 Mata 2023, Perezida w’u Busuwisi, Alain Berset yageze muri Repubulika ya demukarasi ya Congo, yakirwa na Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu cyo mu karere k’ibiyaga bigari, Michel Sama...
Jeune Afrique yatangaje ko Perezida Kagame azagera i Cotonou muri Bénin kuri uyu wa Gatanu tariki ya 14 Mata, asoze uruzinduko rwe ku Cyumweru tariki ya 16 Mata.
Tariki ya 13 Mata 1994 ni imwe mu matariki atazibagirana kubarokotse Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 kuko kuri iyo tariki abatutsi bari baragiye bahungira ahantu hatandukanye mu Rwanda...
Mu bitashimishije Leta zunze ubumwe z’Amerika harimo imyitozo y’ingabo zirwanira mu mazi z’Uburusiya n’Ubushinwa Afrika y’Epfo yakiriye mu kwezi kwa kabiri gushize.