Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA, Muhire Henry Brulart, yasezeye ku mirimo ye nyuma y’umunsi umwe Nizeyimana Olivier wari Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda yeguye.
Imirambo itatu y’inyeshyamba bikekwa ko ari zo mu mutwe wa FLN ukunze kugaba ibitero ku Rwanda, yabonetse yambaye impuzankano y’igisirikare cya Congo mu ishyamba rya Kibira mu Burundi.
Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko yakuyeho umusoro ku nyongera gaciro (TVA/VAT) ku biribwa by’umuceli na Kawunga ihita inatangaza ibiciro ntarengwa kuri ibi biribwa no ku birayi.
Perezida akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo za Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, kuri uyu wa 18 Mata 2023 yayoboye igikorwa cyo kumurika kajugujugu y’intambara yo mu bwoko bwa Mi-24 yakorewe muri...