skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Christophe Mboso wa RDC yavuze ko mu mwaka w’1800 u Rwanda rutabagaho

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Christophe Mboso, yavugiye imbere y’imbaga y’abantu bari bateraniye kuri Stade de Martyrs i Kinshasa mu muri Mitingi...
1 May 2023 Yasuwe: 1241 0

Sudan: Ibitero by’indege byarashe kuri Khartoum nubwo agahenge kongerewe

Ibitero by’indege byashegeshe umurwa mukuru Khartoum wa Sudan, nubwo hari agahenge ko gutuma abasivile bahunga.
1 May 2023 Yasuwe: 649 0

Itorero Bethesde rya Mwogo ku bufatanye na Compassion International boroje Abatishoboye Inka 16

Ababyeyi bafite abana bafashwa n’umushinga Rw 0912 w’Itorero Bethesda Mwogo uterwa inkunga na Compassion International boroje imiryango 16 ifite abana bafashwa n’uwo mushinga.
29 April 2023 Yasuwe: 746 0

"Operation Ikirombe": Rtd Maj KATABARWA yaba yaracukuye Umudugudu gute ntawe ubizi n’umwe?

"Operation Ikirombe": Hibazwa byinshi ku kirombe cyo mu Karere ka Huye ubu cyahezemo abantu iminsi 10 ikaba ishize!
29 April 2023 Yasuwe: 7624 0

Sudan: Amagambo ya Sergey Lavrov yashimangiye uruhare rw’Uburusiya mu ntambara yayogoje Khartoum

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, kuri uyu wa Kabiri ushize yatangaje ko abategetsi ba Sudani bafite uburenganzira bwo gukoresha serivisi ikigo cya Wagner, isosiyete...
26 April 2023 Yasuwe: 1808 1

Perezida Kagame yageze muri Zimbabwe ahagiye kubera TAS 2023

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yamaze kugera mu gace ka Victoria Falls muri Zimbabwe, aho yitabiriye inama ya Transform Africa ya 2023 Iyi nama igiye kuba ku nshuro yayo ya gatandatu...
26 April 2023 Yasuwe: 730 0

Burundi:Abanyamakuru ba leta bari mu kazi mu Butaliyani banze gutaha

Abanyamakuru babiri ba radiyo na televiziyo bya Leta y’u Burundi (RTNB) bajyanye na Minisitiri w’Intebe, Gervais Ndirakobuca, mu ruzinduko yagiriye mu Butaliyani muri uku kwezi banze gutaha.
26 April 2023 Yasuwe: 1339 0

RDC: Ingabo z’igihugu zigambye kubohoza imidugudu yigaruriwe n’inyeshyamba za CODECO

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 25 Mata, FARDC yabohoje imidugudu igera ku icumi hamwe n’uduce tumwe na tumwe twa komini ya Mungwalu byagenzurwaga n’inyeshyamba za CODECO muri Teritwari ya Djugu...
26 April 2023 Yasuwe: 638 0

Umugi wa Kigali uzaca intege abazunguzayi binyuze mu guhana Ababagurira

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko mu rwego rwo guca abakora ubucuruzi butemewe bazwi nk’abazunguzayi, bwahinduye umuvuno kuko bagiye kujya bahana n’ababagurira, nyuma yo gukoresha ubundi...
26 April 2023 Yasuwe: 868 1

Singapore yanyonze umugabo imuziza gucuruza ikiro 1kg cy’urumogi

Singapour (Singapore) yashyize mu bikorwa igihano cy’urupfu ku mugabo wahamijwe gucura umugambi wo gucuruza urumogi, n’ubwo abo mu muryango we, impirimbanyi hamwe n’umuryango w’abibumbye bari...
26 April 2023 Yasuwe: 779 0