Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Christophe Mboso, yavugiye imbere y’imbaga y’abantu bari bateraniye kuri Stade de Martyrs i Kinshasa mu muri Mitingi...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yamaze kugera mu gace ka Victoria Falls muri Zimbabwe, aho yitabiriye inama ya Transform Africa ya 2023
Iyi nama igiye kuba ku nshuro yayo ya gatandatu...
Abanyamakuru babiri ba radiyo na televiziyo bya Leta y’u Burundi (RTNB) bajyanye na Minisitiri w’Intebe, Gervais Ndirakobuca, mu ruzinduko yagiriye mu Butaliyani muri uku kwezi banze gutaha.
Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 25 Mata, FARDC yabohoje imidugudu igera ku icumi hamwe n’uduce tumwe na tumwe twa komini ya Mungwalu byagenzurwaga n’inyeshyamba za CODECO muri Teritwari ya Djugu...