Guverinoma ya Kenya yagize Major General Alphaxard Kiugu umuyobozi mushya w’ingabo z’akarere ka Afurika y’Uburasirazuba zoherejwe mu burasirazuba bwa Congo .
Umutwe wa M23 wahakanye ibirego bikomeje kuvugwa mu bitangazamakuru byo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko yishe abasivili 60, ivuga ko bidafite ishingiro.
Umukuru w’urusengero muri Kenya ategerejwe mu rukiko muri iki cyumweru, kubazwa ku mibiri y’abantu igera ku 110 yataburuwe mu butaka bwe, mu gihe kuri uyu wa mbere hatangira isuzumwa ry’iyi mibiri...
Leta ya Afurika y’Epfo biravugwa ko yaba irimo kwinginga iy’u Burusiya, isaba ko Perezida Vladimir Putin atitabira imbonankubone inama ya BRICS iteganyijwe kubera i Durban mu rwego rwo kwirinda ko...
Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) kiratangaza ko cyafashe, ku wa Gatandatu ushize, abarwanyi babiri ba ADF, barimo Umunyarwanda n’umugore w’umunyekongo, ubwo bashakaga...