skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

DRC: Ingabo z’akarere EACRF zabonye umuyobozi mushya nyuma y’uko Gen. Nyagah asezeye

Guverinoma ya Kenya yagize Major General Alphaxard Kiugu umuyobozi mushya w’ingabo z’akarere ka Afurika y’Uburasirazuba zoherejwe mu burasirazuba bwa Congo .
2 May 2023 Yasuwe: 714 0

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Rwanda rwacyuye neza abanyarwanda bari muri Sudani

Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Clementine Mukeka, yabwiye itangazamakuru ko urugendo rwo gucyura aba banyarwanda n’abandi banyamahanga, rwatangiye ku wa Kabiri, aho...
2 May 2023 Yasuwe: 316 0

Inama yiga ku bibazo bya RDC igiye kongera guterana i Bujumbura, Guterres azayitabira

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, ategerejwe i Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi aho agomba kwitabira inama y’akarere izaba yiga ku bibazo bya Repubulika Iharanira...
2 May 2023 Yasuwe: 551 0

Etiyopiya: Abakekwaho Kwica Umukuru w’ishyaka riri ku butegetsi bafashwe

Inzego zishinzwe umutekano muri Etiyopiya, ku munsi w’ejo zatangaje ko zafashe abantu 47 bakekwaho kugira uruhare mu iyicwa ry’umukuru w’ishyaka riri ku butegetsi.
1 May 2023 Yasuwe: 965 0

RDC:M23 yigaramye ibirego ishinjwa byo kwica abasivili 60

Umutwe wa M23 wahakanye ibirego bikomeje kuvugwa mu bitangazamakuru byo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko yishe abasivili 60, ivuga ko bidafite ishingiro.
1 May 2023 Yasuwe: 2896 0

Tanzaniya: Hazubakwa ikiraro hejuru y’inyaja nk’igikorwa remezo kiri mu bihanitse ku isi

Tanzaniya igiye kubaka ikiraro kizahuza Tanzania n’Ibirwa bya Zanzibar kugira ngo byorohereze urujya n’uruza rw’abantu n’ibicuruzwa hagati y’abaturage bayo, aho nibiramuka bikozwe, iki kiraro cya...
1 May 2023 Yasuwe: 1184 0

Pastor Paul Mackenzie washutse abakristu bakiyicisha inzara ategerejwe mu rukiko muri iki cyumweru

Umukuru w’urusengero muri Kenya ategerejwe mu rukiko muri iki cyumweru, kubazwa ku mibiri y’abantu igera ku 110 yataburuwe mu butaka bwe, mu gihe kuri uyu wa mbere hatangira isuzumwa ry’iyi mibiri...
1 May 2023 Yasuwe: 561 0

Afurika y’Epfo izata muri yombi Putin natubaha inama imugira

Leta ya Afurika y’Epfo biravugwa ko yaba irimo kwinginga iy’u Burusiya, isaba ko Perezida Vladimir Putin atitabira imbonankubone inama ya BRICS iteganyijwe kubera i Durban mu rwego rwo kwirinda ko...
1 May 2023 Yasuwe: 2273 0

Ukraine:Perezida Zelenskyy yateguje ingabo ze urugamba rukomeye ku mwanzi

Kuri iki Cyumweru, itariki 30 Mata, Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yahaye icyubahiro ingabo zirinda imipaka mu gihugu atanga imidari kandi azifuriza gutsinda .
1 May 2023 Yasuwe: 1289 0

FARDC yigambye gufata abarwanyi 2 ba ADF barimo Umunyarwanda

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) kiratangaza ko cyafashe, ku wa Gatandatu ushize, abarwanyi babiri ba ADF, barimo Umunyarwanda n’umugore w’umunyekongo, ubwo bashakaga...
1 May 2023 Yasuwe: 1350 0