Ibiro bya Perezida w’u Burusiya, Kremlin, byemeje ko iki gihugu cyahanuye drones ebyiri zoherejwe na Ukraine ku rugo rwa Perezida Vladimir Putin, bikekwa ko icyo gitero cyari kigambiriye kumuhitana.
Abantu basaga 10 bivgwa ko ari inyeshyamba za M23 kuri uyu wa Kabiri, itariki 2 Gicurasi, beretswe itangazamakuru i Goma mu gikorwa kiyobowe n’Umuvugizi wa FARDC muri Kivu y’Amajyaruguru Lt. Col....
Raporo y’uyu mwaka wa 2023 ku bwisanzure bw’itangazamakuru ku isi yashyize u Burundi ku mwanya wa 114 n’amanota 52.14%, wa mbere mu karere, naho u Rwanda ku mwanya wa 131 n’amanota 46.58% mu...
Umuryango utegamiye kuri Leta w’Abanyamerika uharanira uburenganzira bwa muntu (HRW), urahamagarira inteko ishinga amategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo kwanga umushinga w’itegeko...
U Rwanda rwaje ku mwanya wa gatatu ku Isi mu Bihugu byagaragayemo itumbagira rikabije ry’ibiciro by’ibiribwa mu mezi 12 ashize, nk’uko bigaragazwa n’imibare mishya ya Banki y’Isi.
Ubuyobozi bwa Police FC bwemereye abakinnyi agahimbaza musyi ki ibihumbi bisaga 200 buri umwe mu gihe basezerera ikipe ya Rayon Sport mu mukino wo kwishyura w’igikombe cy’Amahoro.
Nyuma y’uko Manchester City inyagiye imvura y’ibitego4-1 ikipe ya arsenal, ku mukino uheruka kuyihuza,iyi kipe nayo yihimuye ku ikipe ya Chelsea iyitsinda ibitego 3-1.
Ikipe ya Paris Saint-Germain yo mu gihugu cy’u Bufatansa yahagaritse umunya-Argentine Lionel Messi mu gihe kingana n’ibyumweru bibiri adahembwa, nyuma yo gusiba imyitozo nta ruhushya yabiherewe.