Amafaranga yakoreshejwe mu buryo budakurikije amategeko mu bigo bya leta yarazamutse ava kuri miliyari 3.2 z’amanyarwanda mu mwaka ushize, agera kuri miliyari 6.45 muri uyu mwaka.
Umugenzuzi mukuru w’imari ya leta yongeye gushimangira ikibazo cy’imodoka zidahagije zitwara abagenzi mu buryo rusange gikomeje kwigaragaza hirya no hino mu gihugu, cyane cyane mu mujyi wa Kigali.
Kuri uyu wa Kabiri, ubutabera bwa Kenya bwatangaje ko buzakurikiranaho Pasiteri Paul Nthenge Mackenzie icyaha cy’ "iterabwoba" nyuma y’urupfu rw’abantu 109 basanzwe mu ishyamba ryo mu majyepfo ya...
Abantu batandatu barimo abanyeshuri batatu bigaga mu mwaka wa 6 w’amashuri yisumbuye baguye mu kirombe giherereye mu murenge wa Kinazi mu karere ka Huye baracyashakishwa.
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis yagize Padiri Balitazari Ntivuguruzwa umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, kuri uyu wa 2 Gicurasi 2023.
Uyu mugani bawuca iyo babonye amakuba agarutse nyirabazana, ni bwo bagira, bati «Amagambo ahariwe nankana». Bamwe batekereza ko wakomotse kuri Nankana ya Rutamu w ’i Rumuli na Muhura, mu Buganza,...
Ukraine yavuze ko yahagaritse 15 muri izo misile. Amakuru yari yatangajwe mbere aturuka i Kiev, mu murwa mukuru yavugaga ko nta bantu izo misile zahitanye, nk’uko byatangajwe n’ibiro ntaramakuru...