Ku nkombe z’umugezi wa Rusizi muri Komini ya Buganda mu Ntara ya Cibitoke mu Burundi, hafi y’umupaka uhuza iki Gihugu na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hakomeje kuboneka imirambo...
Alain Mukuralinda umuvugizi wungirije wa leta kuwa gatatu yabwiye BBC Gahuzamiryango ko abo bamwe ari abakozi b’Umuryango w’Abibumbye, abandi ari abikorera ku giti cyabo hamwe n’abanyeshuri.
Mu kiganiro yagiranye na TV5 Monde Afrique, uwahoze ari Minisitiri w’Intebe akaba n’umukandida mu matora ya Perezida muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), Adolphe Muzito, yatangaje ashize...
Abategetsi bo mu majyaruguru ya Burkina Faso batangaje ko byibura abantu 60 aribo bishwe mu giturage cya Karma,mu marembo y’umupaka uhuza igihugu na Mali.
Umuhungu wa Dmitry Peskov, umuvugizi w’ibiro Kremlin bya perezida w’Uburusiya, yatangaje ko yakoreye Wagner Group muri Ukraine mu gihe cy’amezi hafi atandatu.
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yagiranye ikiganiro na babiri bamubanjirije ku butegetsi, Sylvestre Ntibantunganya wayoboye iki gihugu kuva mu mwaka w’1994 kugeza mu 1996 na Domitien...