Abasirikare hafi 4,000 byatangajwe ko kuva muri 2007 ari bo bamaze kwicirwa muri Somalia aho bagiye boherezwa mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe bwo kuhagarura amahoro, mu gihe abandi...
Tariki 12 Mata 1994, yakomeje kuba umunsi mubi ku Batutsi bariho bakorerwa Jenoside yari igeze ku munsi wa gatandatu, aho Karemera Frodouald wa MDR-Power yahamagariye buri Muhutu gukora Jenoside,...
Mu gitondo cy’uyu wa 12 Mata 2023, imirwano yubuye hagati y’ingabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo n’umutwe witwaje intwaro wa M23 ahagana mu gace ka Kibumba.
Umudepite mu nteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akanaba umushoramari, Édouard Mwangachuchu, yamaganiye kure ibirego bya Leta y’iki gihugu imushinja kugirana...
Inyandiko za Pentagon ziherutse gushyirwa ku karubanda BBC yabashije kubona, ziragaragaza ikiganiro hagati y’abayobozi bo mu rwego rwo hejuru bo muri Koreya y’Epfo ku bijyanye no kugurisha intwaro...