Jack Ma washinze ikigo Alibaba, wari umaze igihe aboneka gacye cyane mu ruhame mu myaka itatu ishize, yabonetse ku ishuri riri i Hangzhou mu Bushinwa, nk’uko amakuru abivuga.
Nyuma yo guhambwa imbabazi n’Umukuru w’Igihugu Nsabimana Callixte ‘Sankara’ na bagenzi be 18 bajyanywe i Mutobo aho bagiye kubanza kunyura mu ngando, mu gihe Paul Rusesabagina agomba kwerekeza muri...
Mu gihe hari hakiri urujijo ku kibuga kizaberaho umukino w’u Rwanda na Benin mu gushaka itike y’igikombe cya Afurika cya 2024, CAF yamaze kwandikira FERWAFA ko uyu mukino uzakinirwa kuri Kigali...
Igipolisi cya kisilamu mu majyaruguru ya Nijeriya muri leta ya Kano cyaburiye abayisilamu bari gukandangira amahame y’idini mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, harimo "kurya mu ruhame".