skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Imyaka ibaye itatu COVID 19 yadutse, Isi irazirikana imbaga yahitanywe n’icyo cyorezo

Uyu munsi nibwo isi yinjiye mu mwaka wa 3 ihanganye n’icyorezo Covid 19. n’imyaka yaranzwe n’ibihe bidasanzwe byabangamiye bikomeye ukwishyira ukizana bya muntu.
11 March 2023 Yasuwe: 797 0

Ubushinwa: Xi Jinping yatangiye kuyobora manda ya gatatu

Umutegetsi Xi Jinping uyobora Ubushinwa yongeye gutorerwa manda ya gatatu nka Perezida w’iki gihugu.
10 March 2023 Yasuwe: 646 0

Urukiko rwo mu Burundi rwakatiye 24 bazira ibyaha byo kuryamana kw’abahuje igitsina

Nyuma y’aho bamwe mu bategetsi mu bihugu by’Afurika y’Uburasirazuba bamaganiye kure abaryamana bahuje ibitsina, mu Burundi 24 bafite uwo muco bamaze gukatirwa n’urukiko .
9 March 2023 Yasuwe: 1274 0

RDC: abaturage babarirwa muri 40 nibo byamenyekanye ko bahitanywe n’igitero cy’ibyihebe

Amakuru aturuka mu gace ka Beni yemeza ko abaturage babarirwa muri 40 bahitanywe n’igitero cy’ibyihebe by’abagande b’umutwe wa ADF , gikomeretsa n’abandi benshi.
9 March 2023 Yasuwe: 1750 0

SKOL yakoreye ibirori abakinnyi ba Rayon Sports Women FC ku munsi w’abagore

SKOL Brewery Ltd,nk’ Uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, rusanzwe ari umuterankunga mukuru wa Rayon Sports, rwakiriye Ikipe yayo y’Abagore mu rwego rwo kwizihiza Umunsi...
9 March 2023 Yasuwe: 799 0

Abagore muri Goma bamaganye Ingabo za EAC basaba ko ziva ku butaka bwa RDC

Itsinda rigizwe n’abagore babarizwa mu mugi wa Goma (Nord-Kivu) bizihije umunsi w’abagore mu isura yo kwigaragambiriza ko igisirikare gihuriwe cya EAC gikurwa byihuse muri Congo.
9 March 2023 Yasuwe: 1106 0

Bukavu : Abagore ku munsi wabo bakoze urugendo basaba amahoro mu burasirazuba bwa RDC

Amagana y’Abagoro bo muri Kivu y’Ajyepfo bigabije umuhanda bakora urugendo ruzenguruka umugi wa Bukavu mu rwego rwo gusaba impande zihanganye muri Congo guhagarika imirwano ikomeje kuyogoza
8 March 2023 Yasuwe: 810 0

Kivu ya Ruguru: Intambara ikomeye yatangiye mu rukerera iri gusatira n’utundi duce

FARDC na M23 bari kurasana ubutitsa kuva mu rukerera rwo kuri uyu wa 8 Werurwe 2023.
8 March 2023 Yasuwe: 3519 0

U Rwanda rugiye kwakira miliyari 19 z’amafaranga y’u Rwanda azashorwa mu guhinga urumogi

U Rwanda rurateganya kwakira ishoramari rya miliyari 19 z’amafaranga y’u Rwanda mu guhinga no gutunganya igihigwa cy’urumogi.
7 March 2023 Yasuwe: 1045 0

Abakongoman b’abatutsi baravugako bari gukumirwa kwiyandikisha ngo bazatore

Abaturage bo mu bwoko bw’abatutsi mu burasirazuba bwa Congo baravuga ko bakomeje gukorerwa ihohoterwa rishingiye ku moko biturutse ku magambo y’urwango ya bamwe mu bategetsi b’iki gihugu.
7 March 2023 Yasuwe: 1027 0