Umukandida w’ishyaka rikomeye ritavuga rumwe n’ubutegetsi rya People’s Democratic Party (PDP), Atiku Abubakar, yavuze ko ibyavuye mu matora by’ibanze byerekanye ko arimo kwerekeza ku gutsinda...
Leta y’u Rwanda iravuga ko igiye kongerera igihe gahunda yo gufasha abikorera kwivana mu ngaruka z’ubukungu zatewe n’icyorezo cya Covid19, nkuko byemejwe na minisitiri w’intebe ubwo yari mu nama...
Igihugu cy’Ubufaransa cyatangaje ko Perezia wacyo Emmanuel Macron agiye gutangira ingendo ku mugabane w’Afurika azasoreza mu mugi wa Kinshasa muri Repuburika ya Demokarasi ya Congo.
Ubufasha bwahabwaga abaturage bari mu kaga muri Kivu ya ruguru hifashishijwe ikirere bwahagaritswe mu gihe kitazwi, by’umwihariko mu kirere cy’umugi wa Goma.
Nigeriya yafashe umwanzuro wo kuba ifunze imipaka yo kubutaka ndetse inashyiraho amabwiriza mashya mu ngendo zikorerwa imbere mu gihugu mu gihe hagiye gukorwa amatora rusanga muri iki gihugu.
Ibyavuye mu ibarura rusange riheruka gukorwa mu mwaka ushize, biteganyijwe gushyirwa ahagaragara mu cyumweru gitaha, mu nama y’igihugu y’umushyikirano igiye kuba ku nshuro yayo ya 18.
America irashinja u Rwanda kohereza ingabo zarwo mu gihugu cy’abaturanyi cya Repuburika ya Demokarasi ya Congo, ibyita ubushotoranyi bwa Kigali mu kuvogera ubusugire bw’ikindi gihugu.