Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku biribwa (PAM) ryatangaje ko inyeshyamba za TPLF zirwanira mu Majyaruguru ya Ethiopia, zibye litiro 570,000 z’ibikomoka kuri peteroli byagombaga kwifashishwa...
Mu kiganiro cyatambutse kuri Televiziyo ya Korea y’Epfo, KBS, kuri uyu wa Gatanu, Papa Francis yahamije ko atakwitesha amahirwe yo gusura Korea ya Ruguru mu rugendo...
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Buyapani, yataganje ko yeguye kubera igikorwa cy’ubugizi bwa nabi cyabaye muri iki Gihugu, aho uwahoze ari Minisitiri w’Intebe, yarashwe akicwa mu kwezi...
Bamwe mu rubyiruko rutujuje imyaka 18 y’amavuko rwo mu Ntara y’Amajyepfo, baravuga ko amabwiriza yashyizweho yo kubakumira mu tubari, ababangamiye kuko na bo bakeneye...