Inteko ishingamategeko ya Amerika, umutwe w’abadepite, yemeje umwanzuro wo gusaba leta y’u Rwanda ‘kurekura aka kanya’ Paul Rusesabagina ku ‘impamvu za ubumuntu’.
Umutwe wa aba Maï-Maï utaramenyekana wagaragaye kuri uyu wa kabiri tariki ya 12 Nyakanga 2022 mu gace ka Masingi muri Baswagha ho muri territoire ya Lubero muri Kivu y’Amajyaruguru
Abayobozi b’ibitaro mu mujyi wa Colombo muri Sri Lanka baravuga ko abantu 84 bakomerekeye bikomeye mu myigaragabyo yabaye ku munsi wejo yamagana ubutegetsi buriho muri iki gihugu.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri I Paris,mu Bufaransa nibwo hasojwe urubanza rwa Laurent Bucyibaruta wahoze ari Perefe wa Gikongoro .
Urukiko rwamuhamije icyaha cy’ubwicanyi bwabereye mu ishuri...