Emmanuel Macron yongeye gutorerwa kuyobora u Bufaransa muri manda y’imyaka itanu iri imbere. Yatowe ku majwi 58.2% mu gihe Marine Le Pen bari bahanganye yabonye...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, yakiriye mu biro bye Entebbe, Perezida Paul Kagame w’u Rwanda aho abo bombi baganiriye ku mubano w’ibihugu...
Emmanuel Macron na Marine Le Pen bageze mu cyiciro cya nyuma cy’abahataniye kuyobora u Bufaransa nyuma yo gutsinda mu matora yabaye ku wa 10 Mata 2022. Bari imbere mu bakandida 12 bacyitabiriye,...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu ubwo yatangizaga isiganwa ku maguru ahitwa Kololo, nka kimwe mu bikorwa by’imyidagaduro bijyanye n’isabukuru ye, yavuze ko ibi birori biri mu gihugu...
Ni imirwano ije mu gihe harimo kuvugwa ibiganiro hagati ya Perezida Félix Tshisekedi n’abahagarariye imitwe yitwaje intwaro igera ku icumi ikorera mu Burasirazuba bwa...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruratangaza ko tariki 21 Mata 2022, rwafashe abantu babiri mu Mujyi wa Kigali bari bagiye kugurisha ubutaka butari...