Umugaba w’ingabo zirwanira ku butaka muri Uganda Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yanditse kuri tweeter ye ubutumwa bushyigikira inyeshyamba za TPLF zirwanira muri Tigray.
Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza ari mu rugamba rutoroshye rwa poritike nyuma y’aho babiri mu baminisitiri be bamaganye ubutegetsi bwe bagahitamo kwegura ku mirimo yabo.
Abimukira 22, bakomoka mu gihugu cya Mali, bapfiriye mu Nyanja ku nkengero za Libiya.umuryango ONU ryatangaje ko abo bimukira barohamye bakicwa n’amazi y’inyanja nk’uko bitangazwa n’abarokotse...
Abakekwaho kuba mu byihebe by’abajihadiste bishe abantu bagera kuri 34 mu bitero bagabye mu majyaruguru ya Burkina Faso mu mpera z’iki cyumweru dusoje .