skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Kuki ibihugu by’ubumwe bw’Uburayi bitifuza ko Le Pen yatorerwa kuyobora Ubufaransa?

Uburayi bukomeje kugaragaza igihunga butewe n’uko Le Pen uhanganye na Macron mu matora y’igihugu cy’Ubufaransa ashobora kumutsinda.
19 April 2022 Yasuwe: 2270 0

Uganda: Umurwayi wanyuma wa Covid yasezerewe

Ministeri y’ubuzima muri Uganda yatangaje ko nta murwayi wa Covid-19 ukirwariye kwa muganga,ko n’uwari usigaye ubu yamaze gusezererwa.
19 April 2022 Yasuwe: 584 0

Abashoramari bo mu karere (EAC) bahanze amaso CHOGM

Ibihugu by’Afurika y’iburasirazuba kimwe n’ahandi ku isi bikomeje guhangana n’ibiciro biri kuzamuka umunsi kuwundi.kuri ubu, ingaruka ziragera ku mpande zose haba ku muguzi yewe no ku...
19 April 2022 Yasuwe: 839 0

Congo na Uganda batangiye kugaba ibitero ku mitwe yitwaje intwaro mu duce twa Ituri

Igisirikare cya Uganda UPDF n’icya Congo FARDC bahuje imbaraga ,ubu bari gusuka ibisasu ku mutwe urwanya leta ya Uganda ADF ufite ibirindiro mu misozi ya...
19 April 2022 Yasuwe: 1664 0

Ibyihebe bya Al-Shabaab byigambye igitero cyangije benshi muri Somaliya

Agatsiko k’ibyihebe byo mu mutwe wa Al-Shabaab kamaze gutangaza ko ariko kari inyuma y’igitero cya gabwe ku nteko ishingamategeko muri Somalia ,aho umumotari yinjiye akiturikirizaho...
19 April 2022 Yasuwe: 413 0

Abasirikare babiri ba RDC bamaze gusinda bica 15 harimo n’abana

Abasirikare babiri barashe bica abantu 15 mu bitero bitandukanye mu majyaruguru ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo (DRC).
19 April 2022 Yasuwe: 1156 0

Afrika y’Epfo yatangaje ibihe bidasanzwe by’Akaga irimo

Perezida wa Afrika y’Epfo Cyril Ramaphosa yaraye atangaje ko igihugu kiri mu bihe by’ibyago kubera imyuzure y’imvura yateye mu majyaruguru y’igihugu.ateguza ko kongera kwiyubaka bizatwara igihe...
19 April 2022 Yasuwe: 928 0

Urukiko rukuru rwatangiye kumva abatangabuhamya mu rubanza Wenceslas Twagirayezu

Urukiko rurimo kumva abashinja n’abashinjura Wenceslas Twagirayezu,mu karere ka Rubavu aho aregwa ko yakoreye ibyo byaha.
18 April 2022 Yasuwe: 645 0

Kwinjira kwa Congo muri EAC, hari ibisubizo bizatanga ku mutekano muke uvugwa mu karere?

Ubwo Perezida wa DR Congo Felix Tshisekedi yasinyiraga kwinjira mu muryango wa A furika y’iburasirazuba EAC, abaturage be nabo babaraga ibinyacumi by’imyaka bamaze bakimbirana bishingiye ku moko...
18 April 2022 Yasuwe: 583 0

Let Gen Muhoozi yatangaje ko Perezida Kagame azitabira isabukuru ye none byakuruye ibyamamare

Perezida Paul Kagame ategerejwe mu gihugu cya Uganda mu birori by’ isabukuru ya Gen Muhoozi izaba kuwa 23 Mata 2022.
18 April 2022 Yasuwe: 8470 0
0 | ... | 4310 | 4320 | 4330 | 4340 | 4350 | 4360 | 4370 | 4380 | 4390 | 4400