Igisirikare cya Uganda UPDF n’icya Congo FARDC bahuje imbaraga ,ubu bari gusuka ibisasu ku mutwe urwanya leta ya Uganda ADF ufite ibirindiro mu misozi ya...
Agatsiko k’ibyihebe byo mu mutwe wa Al-Shabaab kamaze gutangaza ko ariko kari inyuma y’igitero cya gabwe ku nteko ishingamategeko muri Somalia ,aho umumotari yinjiye akiturikirizaho...
Perezida wa Afrika y’Epfo Cyril Ramaphosa yaraye atangaje ko igihugu kiri mu bihe by’ibyago kubera imyuzure y’imvura yateye mu majyaruguru y’igihugu.ateguza ko kongera kwiyubaka bizatwara igihe...
Ubwo Perezida wa DR Congo Felix Tshisekedi yasinyiraga kwinjira mu muryango wa A furika y’iburasirazuba EAC, abaturage be nabo babaraga ibinyacumi by’imyaka bamaze bakimbirana bishingiye ku moko...