Ku wa Gatanu, tariki ya 7 Kamena 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village URUGWIRO, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki ya 13/6/2019 saa munani z’amanywa (14h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa wa Habarurema Jean Claude na...
Mu gihugu cy’Uburundi haravugwa inkuru ibabaje y’umupolisi warashe mu cyico umusirikare witwa Corporal Alexis Ndihokubwayo mu ijoro ryo kuwa Gatatu taliki ya 23 Gicurasi...
Nyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame,yavuze ko Abatuye Afurika bakwiriye kubyaza amahirwe umurongo mugari wa Interineti mu kwiteza imbere aho kuwukoresha mu kwakira ibitekerezo by’abandi...
Ya mashini kabuhariwe ifite ubuhanga budasanzwe bwo gutanga ibiganiro no kusubiza ibibazo abanyamakuru batandukanye,yagaragaye mu nama ya Transform Afurika 2019 yambaye imikenyero imenyerewe ku...
Mu gihe hari urubyiruko ruvuga ko rwagiye rushyikiriza imishinga yarwo BDF ariko ntirumenye irengero ryayo, Meya w’Akarere ka Huye Ange Sebutege we avuga ko byakabaye byiza urubyiruko rubanje...
Abicanyi 7bari kuri za moto binjiye mu rusengero rw’ahitwa Silgadji mu misa yo kuri iki cyumweru,barasa pasiteri witwa Pierre Ouedraogo n’abayoboke be barimo abahungu be...
Mu ijoro ryo kuwa 6/4/1994 indege yari itwaye Perezida Habyalimana ndetse na Perezida w’Uburundi Ntaryamira Cyprien yarasiwe muu kirere cya Kanombe ubwo yiteguraga kugwa ku kivuga cy’indege abarimo...
Uwitwa NSENGIYUMVA Aimé mwene MUVUNYI Michel na KAMALIZA Esperance, utuye mu Mudugudu w’Imena, Akagari ka Bibare, Umurenge wa Kimironko, Akarere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali, ubarizwa kuri...
Ubuhamya bukurikira ni ubwegeranyijwe hifashishijwe inyandiko y’ikinyamakuru The Guardian cyahaye umutwe ugira uti “ How being a footballer saved me from death in Rwanda genocide” yanditswe na Paul...
Ikipe y’igihugu y’Uburundi, Intamba mu rugamba, ikoze amateka yo kwerekeza mu gikombe cya Afurika mu mupira w’amaguru ku nshuro ya mbere mu mateka yayo,nyuma yo kunganya na Gabon igitego...
Umunyarwanda witwa Jackson Musoni ari mu bantu baguye mu mpanuka y’indege ya Ethiopian Airlines, yahitanye abagera kuri 157 kuri iki cyumweru taliki ya 10 Werurwe...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki ya 14/3/2019 no kuwa gatanu taliki 15/3/2019 azagurisha muri cyamunara imitungo itimukanwa ya Harelimana Claude na...
Perezida wa Uganda,Yoweli Kaguta Museveni yavuze ko nta mu jenerali ufite uburenganzira bwo gukubita abantu ndetse yemeza ko Maj. Gen. Matayo Kyaligonza uherutse kubwira abarinzi be bagakubita...
Ifoto@Internet
Mu gihe ubuyobozi bwa Kaminuza ya Kampala bwemeje ko ibirori byo kwambara amakanzu ku banyeshuri bayirangirijemo, bizaba ejo kuwa Kane taliki ya 7 Werurwe 2019, Abanyeshuri bo...
Itangazo ryasohowe n’Ibiro by’Umuryango w’ Afurika y’Uburasirazuba (EAC) rivuga ko inama ya ba Perezida yabereye i Arusha yabaye mu ituze kandi mu buvandimwe, iyi nama ya 20 yafatiwemo ibyemezo...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yitabiriye inamay’abakuru b’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC iteganyijwe kuri uyu Gatanu tariki ya 1 Gashyantare,bikuraho ibihuha byavugwaga ko...
Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye kuri uyu wa 28/01/2019 yazamuye umushahara wa mwalimu ndetse yongera manda y’umuyobozi wa BNR, Guverineri Rwangombwa.
Iri ni itangazo ry’ibyemezo...
Ba rutahizamu babiri bakiniye Rayon Sports bakabica bigacika mu minsi ishize,Shabani Hussein Tchabalala na Ismaila Diarra baherutse kwandikira ubuyobozi basaba ko bagaruka bagatabara akazi kabo...
Umuraperi Kanye West yatunguye umugore we Kim Kardashian amugurira inzu nziza cyane mu mujyi wa Miami iri hafi y’inyanja,akayabo ka miliyoni 12 z’amadolari.
Ubumwe Grande Hotel yegukanywe na sosiyete y’ubucuruzi yitwa Umubano Industries Ltd iyiguza asaga miliyari 30 Frw mu cyamunara cyabaye kuri uyu wa Mbere taliki ya 24 Ukuboza...