Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yahawe igihembo mpuzamahanga kitwa “Dr.Miriam&Sheldon Adelson Award”, gihabwa umuntu wagaragaje kuba inshuti nziza y’Abayahudi na Israel
Iki gihembo yagifatiye...
Paul Sanyangore, umupasiteri wo muri Zimbabwe yatunguye abayoboke b’idini rye ubwo bari mu materaniro afata telefoni ye igendanwa ahamagara Imana aho iri mu ijuru baravugana.
Muri icyo kiganiro...
None kuwa Gatanu, tariki ya 26 Gicurasi 2017, Inama y’Abaminisitiri Idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
Nyakubahwa Perezida wa...
Igiraneza w’imyaka 42 wavukiye i Bujumbura mu Burundi, atunzwe no kwita ku nzoka zo mu Ngoro y’Amateka kamere izwi nk’Inzu ya ‘Richard Kandt’ iherereye mu Murenge wa Gitega, Akarere ka Nyarugenge....
Gashugi Faustin wahoze ari umusirikare mu ngabo zatsinzwe akaba n’umuwe mu bashinze umutwe w’abarwanyi wa FDLR yishimira ko ubu ari umunyamuryango wa FPR-Inkotanyi kandi ngo yishimiye ubuzima...
Ku nshuro ya mbere, igihugu cya Misiri kigiye kwifashisha inzira Yesu, Yozefu na Mariya baciyemo bava i Bethelehemu bahungiye mu Misiri mu rwego rwo guteza imbere ubukerarugendo, aho hatangijwe...
Minisitiri w’Ingabo Jenerali James Kabarebe avuga ko umwanzi u Rwanda rushobora kugira akaruhemukira ari amacakubiri naho abandi banzi nka FDLR nta kintu bashobora gutwara u Rwanda.
Uyu muyobozi...
Kuri iki Cyumweru Abanyarawanda ndetse n’abanya Centrafrika bahanze amaso umukino wo guhatanira itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Afrika “CAN 2019” kizabera muri Cameroon.
Aya makipe akurikirana ku...
Kuya 2 Nyakanga 2017 nibwo biteganyijwe ko umuhanzi Diamond Platnumz azataramira i Kigali afatanyije n’itsinda ryubatse amateka ku Isi muri muzika rya Morgan Heritage.
Diamond na Morgan Heritage...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 10 Kamena 2017, Abanyarwanda baturutse mu bihugu by’Uburayi ndetse no mu mpande zitandukanye z’Isi barahurira i Ghent mu Bubiligi mu gikorwa cyitswe ‘Rwanda Day’, aho...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavuze ko Abanyarwanda banyuze mu gihe cyo gucunaguzwa, agaragaza ko kuri ubu icyo gihe cyarangiye Abanyarwanda bakwiye kwimenya kuko n’ ababacunaguzaga bagezeho...
Muraho abo kuri uru rubuga, ndi umubyeyi w’abana 3, mfite imyaka 34 y’amavuko, nagiye nsoma inkuru nyinshi kuri uru rubuga zo guca imyeyo (gukuna) nabazaga niba kuri iyo myaka nanjye byakunda....
Uruzi rwa Mississipi/ Foto: Internet
Turi tariki ya 17 Kamena ni umunsi w’ 168 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 197 niyo isigaye kugira ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu byabaye kuri...
Ni mu muhango wabaye kuwa gatandatu ugahuza abayobozi bakuru b’Igihugu, abayobozi mu bihugu bitandukanye by’Afurika bishimira intsinzi ya Mushikiwabo Louise yo kuyobora umuryango w’Ibihugu bivuga...
Perezida Paul Kagame ageza ijambo ku bari bitabiriye Kongere ya RPF kuwa Gatandatu 17
Ubwo yashimangiraga ko Perezida Kagame yiteguye gutsindira manda ya 3 nk’umukuru w’igihugu, Abdulrahman...
Umusore Areruya Joseph uherutse gukora amateka yo kuba ariwe munyarwanda watsindiye ku mugabane w’I Burayi yatangarije ikinyamakuru Umuryango ko atazitabira shampiyona y’igihugu iteganyijwe mu...
Muri 2014 ni bwo Tom Close n’umugore we Niyonshuti Ange Tricia bibarutse imfura yabo. Nyuma y’imyaka itatu ishize uyu muryango wungutse imfura yabo,kuri ubu yaba Tom Close ndetse n’umugore we...
Impunzi z’ Abarundi n’ iz’ Abanyarwanda ziri mu nkambi Dzaleka iri hafi y’umurwa mukuru wa Malawi, Lilongwe zagiranye amakimbirane ashingiye ku moko nk’ uko byatangajwe na Leta ya Malawi.
Mu minsi...
Bwa mbere mu mateka umukinnyi ufite inkomoko mu Rwanda agiye kugaragara muri shampiyona ya Basketball yo muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika NBA ikunzwe na benshi ku isi aho azakina mu ikipe ya New...
Umutoza Ndizeye Jimmy yatangaje ko we n’abakinnyi be baraza gukora ibishoboka byose bagatsinda ikipe ya Rayon Sports ibitego byinshi bityo bikabafasha gukora amateka yo kugera ku mukino wa nyuma...
Kuri iki cyumweru ahagana saa sita z’amanywa nibwo umuhanzi Tom Close yanditse ku rukuta rwe rwa Instagram agaragaza ibyishimo by’ikirenga yagize nyuma y’uko yibarutse ubuheta bwe na Ange Tricia...