Umwongereza witwa Andrew Wardle,wavutse nta gitsina agira,yabashije gukora imibonano mpuzabitsina bwa mbere ku myaka 45 n’umukunzi we Fedra, nyuma yo gukorerwa ikindi hifashishijwe inyama zo ku...
Orotomal Alex ni rutahizamu w’umunya-Nigeria kuri ubu ukinira ikipe ya Leopards yo muri Keanya ariko akaba yaranyuze mu Rwanda mu ikipe ya Sunrise ari mu rukundo n’umukobwa w’umunyarwandakazi witwa...
Abantu batandukanye bakurikiranira hafi ibyamamare byo mu Rwanda abenshi hari ibibazo bagenda bibaza ku bantu bamwe na bamwe bamamaye ahanini ntibabibonere ibisubizo,ari nayo mpamvu twahisemo...
Mushiki wa Diamond Platnumz ari we Esma Platnumz yatangaje ko yiteguye kuba yajya mu rukundo rushya gusa ahamya ko atifuza umugabo wirwa mu mikino yo Ku mbuga...
Ku isabukuru y’amavuko ya Producer Pacenti yabwiwe n’umukunzi we ko yafashe bugwate umutima we ndetse ko yifuza kuzibanira nawe mu minsi yose azaba akiri ku...
Umuhanzikazi w’umunya Nigeria ukunzwe na benshi Tiwa Savage yasohowe nabi muri Hoteli yari acumbitsemo mu mujyi wa Nairobi muri Kenya, bitewe n’uko abamutumiye mu gitaramo cyo gushyira hanze...
Hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gucaracara amafoto agaragaza ubwiza bw’umukobwa witwa Victoria Bonya, watwaye umutima wa Marouane Fellaini ukina hagati mu ikipe ya Manchester...
Mu bintu byatuma umugore asuzugura mu gihe muteye akabariro bwa mbere harimo kuba utamuteguye ,kuba utamugejeje ku ndunduro y’ibyishimo bye ndetse no kumwitaho...
Mushiki wa Diamond Platnumz uzwi nka Esma yatangaje ko kuba yaba mu rukundo n’abagabo batandukanye nta kibazo kibirimo cyane ko ibi bizamufasha guhitamo uwo yita ukwiriye we yahaye imvugo yuko...
Umutaliyanikazi witwa Federica Pellegrini ukinira ikipe y’igihugu y’Ubutaliyani mu mukino wo koga yatangaje ko yifuza kuzasangira na rutahizamu Cristiano Ronaldo ku meza amwe ndetse atitaye ku...
Umunyarwandakazi ukorera umuziki mu gihugu cya Uganda, Fille Mutoni ari mu gahinda kenshi bikekwako yaba yatewe n’umukunzi we , Edwin Katamba uzwi nka MC...
Umuhanzikazi Ludmilla Oliveira da Silva uririmba injyana ya Pop wakundanaga mu ibanga na rutahizamu wa Manchester City Gabriel Jesus, akomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto...
Umusore wo muri Philippines witwa Jeffrey Delrio yakoze agashya apanga n’abapolisi,babeshya umukunzi we ko yakoze impanuka ya moto,ageze aho bamubwiye ko umukunzi we yaguye ,uyu musore ahita...