skol
Kigali

Search: police (2228)

Pasiteri yafashwe akuriramo inda umukobwa w’ imyaka 10 yayiteye [AMAFOTO]

Pasiteri witwa Micheal yakubiswe nk’iz’akabwana ndetse ahita ajyanwa kuri Police nyuma yo kugubwa gitumo akuririmo inda umukobwa yayiteye.
20 May 2018 3620 0

Uganda: Ukekwaho gushimuta Abanyarwanda yatanze ingwate ararekurwa

Umupolisi ukiri muto ukurikiranywe gushimuta Abanyarwanda muri Uganda barimo n’ uwari bodyguard wa Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame mu mwaka 2013, yatanze ingwate arekurwa by’ agateganyo azakomeza...
16 January 2018 6269 0

AS Kigali yasinyishije uwahoze ari kapiteni wa Rayon Sports

Ikipe ya AS Kigali yamaze gusinyisha umukinnyi Ndayisenga Fuadi wahoze ari kapiteni wa Rayon Sports ndetse wanayifashije kwegukana igikombe cya shampiyona cya 2019. Fuadi yakiniye Rayon Sports...
14 January 2018 1028 0

Amavubi yatangiye imyiteguro ikarishye yo kwitegura imikino ya CHAN 2018

Amavubi yatangiye imyitozo ikomeye ku munsi w’ejo taliki ya 03 Mutarama 2018 mu bukonje bwinshi buvanze n’imvura aho aba basore bitegura kwerekeza mu mikino ya CHAN 2018. Iyi kipe iri mu mugi wa...
4 January 2018 471 0

Uko urugendo rw’Amavubi muri CHAN 2018 ruteguye

Amavubi yerekeje muri Tuniziya mu mugi wa Sousse ku munsi w’ejo taliki ya 01 Mutarama 2018,mu mwiherero w’iminsi 10 wo kwitegura imikino ya CHAN 2018 izabera muri Maroc kuva taliki ya 12 Mutarama...
2 January 2018 698 0

Amavubi arerekeza muri Tuniziya mu myiteguro ya CHAN

Ikipe y’igihugu Amavubi irerekeza muri Tuniziya uyu munsi mu mwiherero w’iminsi 10 wo kwitegura imikino ya CHAN 2017 izabera muri Maroc kuva taliki ya 12 Mutarama kugeza ku ya 04 Gashyantare 2018....
1 January 2018 186 0

Impinduka mu bakinnyi 23 bazahagararira u Rwanda mu mikino ya CHAN 2018

Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 29 Ukuboza 2018 nibwo umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi yatangaje urutonde rw’abakinnyi 23 bazitabira imikino ya CHAN iteganyijwe kubera muri Maroc kuva taliki ya 12...
29 December 2017 484 0

Abapolisi basoje ubutumwa bw’amahoro bagarutse mu Rwanda

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 29 Ugushyingo, itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda 240 basoje ubutumwa bw’amahoro buzwi nka United Nations Mission in South Sudan (UNMISS) bari bamazemo...
29 November 2017 477 0

Antoine hey yatangaje abakinnyi 18 bagomba kwerekeza muri Ethiopia

• Antone Hey yamaze gutangaza abakinnyi 18 bagomba guhangana na Ethiopia mu mukino ubanza mu gushaka itike ya CHAN 2018 • Mu bakinnyi 18 bazakina umukino ubanza na Ethiopia hagaragayemo abakinnyi 3...
2 November 2017 807 0

Rayon Sports na APR FC zatangiye neza mu gikombe cy’Agaciro

Kuri uyu wa Gatandatu Taliki ya 09 Nzeri 2017, nibwo hatangiye imikino y’igikombe cy’Agaciro development Fund aho amakipe 4 y’ibigugu yesuranye mu mikino ya mbere yahiriye Rayon Sports na APR FC...
9 September 2017 2577 0

Karekezi ntiyishimiye ba rutahizamu afite

Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Karekezi Olivier aratangaza ko atishimiye aba rutahizamu afite nyuma y’aho Alhassane Tamboura wazanywe n’ubuyobozi mu rwego rwo kuzamura ubusatirizi ari ku rwego rwo...
6 September 2017 2059 0

Abapolisi 160 bagarutse mu Rwanda bavuye mu butumwa bw’amahoro muri Haiti

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 26 Kanama 2017, itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda (FPU) 160 bayobowe na Assistant Commissioner of Police (ACP) Faustin Ntirushwa bagarutse mu Rwanda,...
26 August 2017 426 0

Antoine Hey yahamagaye abakinnyi 5 bashya mu Mavubi

Ikipe y’igihugu Amavubi yamaze kunguka amasura mashya mu bakinnyi 22 b’agateganyo bahamagawe aho hahamagwe abakinnyi 5 bashya batandukanye n’abaherukaga guhamagarwa ku mukino uheruka wahuje u Rwanda...
30 July 2017 1575 0

Gatsibo: Umuturage yarashwe na polisi agerageza kuyirwanya

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki ya 27 Nyakanga 2017 Mu murenge wa Murambi Akagari ka Nyamiyaga umupolisi w’umwofisiye (AIP) yarashe umuturage witwa Alexis Zigirinshuti w’imyaka 31ahita...
28 July 2017 521 0

Umusore w’imyaka 22 yishe mushiki we amukase umutwe ngo awushyire umugabo w’umucuruzi wari wawumutumye

Umusore w’imyaka 22 y’amavuko witwa Samuel Mashonga yishe mushiki we witwa Dadirai Mashonga amuciye umutwe ngo awugurishe kandi abe igitambo kugirango abone amafaranga. Ibi byabereye mu gace...
19 July 2017 3387 0

Zimwe mu nshingano Seninga yahawe mbere yo kongererwa amasezerano

Umutoza Seninga Innocent uherutse kongererwa amasezerano n’ikipe ya Police FC ku wa mbere taliki ya 17 Nyakanga uyu mwaka,yahawe inshingano zikomeye zirimo gutwara igikombe cya Shampiyona ndetse...
19 July 2017 398 0

Aho Masudi Djuma azerekeza hamaze kumenyekana

Ku munsi w’ejo nibwo umutoza Masudi Djuma yatangaje ko asezeye mu ikipe ya Rayon Sports ku mpamvu ze bwite nyuma y’aho ikipe ya Rayon Sports yaramaze imyaka 2 atoza ishyikirijwe igikombe cya...
9 July 2017 15610 0

Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Djibouti yasuye Polisi y’u Rwanda-AMAFOTO

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’Igihugu cya Djibouti, Col Abdillahi Abdi Farah, ku wa gatanu tariki 7 Nyakanga uyu mwaka yasuye Polisi y’u Rwanda kugira ngo aganire n’Ubuyobozi bwayo ku buryo bwo...
8 July 2017 595 0

Antoine Hey yahamagaye abakinnyi bazakina na Tanzania

Kuri iki gicamuntsi taliki ya 03 Nyakanga nibwo umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Antoine Hey yahamagaye abakinnyi 23 bagomba gutoranywamo abazakina umukino ubanza wo guhatanira itike yo kwerekeza...
3 July 2017 243 0

2016 ibyaha byagabanutseho 12% ugereranyije n’umwaka ushize

Kuwa gatatu tariki ya 14 Ukuboza 2016, ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru habereye inama nyunguranabitekerezo y’umunsi umwe yahuje Polisi y’u Rwanda n’abanyamakuru bakorera...
14 December 2016 243 0

Perezida Kagame yasubije mu buzima busanzwe ba Ofisiye ba Polisi 35

Perezida Kagame yasubije mu buzima busanzwe ba Ofisiye bakuru n’abato ba Polisi y’u Rwanda bagera kuri 35, ashingiye ku Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda no ku iteka rya Perezida nº 30/01...
23 December 2016 3100 0

"Umupolisi uketsweho ruswa nta mbabazi agirirwa" ACP Badege

Polisi y’u Rwanda iratangaza ko itazigera yihanganira umupolisi n’umwe ugaragaweho imyitwarire mibi ya ruswa n’ibindi bikorwa bibi binyuranyije n’amategeko. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Assistant...
5 February 2017 774 0

Mu mitoma myinshi reba uko bamwe mu bakinnyi ba ruhago mu Rwanda bifurije abakunzi babo umunsi mwiza wa St...

Tariki ya 14 Gashyantare buri mwaka isi yose iba yizihiza umunsi w’abakundanye uzwi mu rurimi rw’amahanga nka ‘St Valentin’. Na hano mu Rwanda warizihijwe maze bamwe mu bakinnyi ba ruhago hano mu...
15 February 2017 7360 0

Ese ukuri ni ukuhe? Urujijo ku isinya rya Danny Usengimana muri Singida United

Danny Usengimana rutahizamu wa Police FC n’ikipe y’igihugu Amavubi bivugwa ko yasinyiye ikipe ya Singida United yo muri Tanzania, havutse ikintu gisa n’urujijo kuko Danny aratangaza ko atayisinyiye...
17 April 2017 1325 0

Gorilla FC yongeye gutsinda biyifasha kongera icyizere cyo kuguma mu cyiciro cya mbere

Ikipe ya Gorilla FC ikomeje urugendo rwo kurokoka kumanuka mu cyiciro cya kabiri kuko yatsinze umukino wa kabiri yikurikiriranya muri shampiyona.
2 April 2024 1494 0

Rayon Sports n’abo bahanganye bamenye igihe bazakinira ½ cy’Igikombe cy’Amahoro

Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda,FERWAFA,ryatangaje ko imikino ibanza ya ½ cy’Igikombe cy’Amahoro izakinwa tariki 16 n’iya 17 Mata 2024, mu gihe iyo kwishyura ari ku wa 23 Mata...
29 February 2024 1160 0

FERWAFA yahagaritse Luvumbu amezi atandatu mu mupira w’amaguru mu Rwanda

Luvumbu Héritier Nzinga ukinira Rayon Sports yahagaritswe amezi atandatu atagaragara mu bikorwa byose bya siporo nyuma yo kwerekana ibimenyetso bijyanye na politiki kandi bihabanye n’amategeko...
13 February 2024 2198 0

FERWAFA yasubitse imikino ya shampiyona itaha kubera igikombe cy’intwari

Ishyirahamwe rya ruhago mu Rwanda,FERWAFA, ryandikiye amakipe 8 yari kuzakina umunsi wa 18 wa shampiyona y’u Rwanda mu mpera z’iki cyumweru ko iyi mikino ibaye isubitswe bakazamenyeshwa igihe...
25 January 2024 977 0

Victor Mbaoma yegukanye igihembo cy’umukinnyi wahize abandi mu Ukuboza

Umunya Nigeria,Victor Mbaoma niwe watowe nk’umukinnyi witwaye neza kurusha abandi mu kwezi gushize ahigitse abarimo Luvumbu na Muhadjiri Hakizimana.
17 January 2024 392 0

Umuyobozi wa APR FC yasubije abifuza ko umutoza Froger yirukanwa

Umuyobozi wa APR FC, Lt Col Richard Karasira, yasubije abibaza ku hazaza h’umutoza Thierry Froger ko azasoza amasezerano ye y’umwaka yahawe.
8 December 2023 886 0
0 | ... | 300 | 330 | 360 | 390 | 420 | 450 | 480 | 510 | 540 | ... | 2220