Ikipe ya AS Kigali yamaze gusinyisha umukinnyi Ndayisenga Fuadi wahoze ari kapiteni wa Rayon Sports ndetse wanayifashije kwegukana igikombe cya shampiyona cya 2019.
Fuadi yakiniye Rayon Sports...
Amavubi yatangiye imyitozo ikomeye ku munsi w’ejo taliki ya 03 Mutarama 2018 mu bukonje bwinshi buvanze n’imvura aho aba basore bitegura kwerekeza mu mikino ya CHAN 2018. Iyi kipe iri mu mugi wa...
Amavubi yerekeje muri Tuniziya mu mugi wa Sousse ku munsi w’ejo taliki ya 01 Mutarama 2018,mu mwiherero w’iminsi 10 wo kwitegura imikino ya CHAN 2018 izabera muri Maroc kuva taliki ya 12 Mutarama...
Ikipe y’igihugu Amavubi irerekeza muri Tuniziya uyu munsi mu mwiherero w’iminsi 10 wo kwitegura imikino ya CHAN 2017 izabera muri Maroc kuva taliki ya 12 Mutarama kugeza ku ya 04 Gashyantare 2018....
Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 29 Ukuboza 2018 nibwo umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi yatangaje urutonde rw’abakinnyi 23 bazitabira imikino ya CHAN iteganyijwe kubera muri Maroc kuva taliki ya 12...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 29 Ugushyingo, itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda 240 basoje ubutumwa bw’amahoro buzwi nka United Nations Mission in South Sudan (UNMISS) bari bamazemo...
Kuri uyu wa Gatandatu Taliki ya 09 Nzeri 2017, nibwo hatangiye imikino y’igikombe cy’Agaciro development Fund aho amakipe 4 y’ibigugu yesuranye mu mikino ya mbere yahiriye Rayon Sports na APR FC...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Karekezi Olivier aratangaza ko atishimiye aba rutahizamu afite nyuma y’aho Alhassane Tamboura wazanywe n’ubuyobozi mu rwego rwo kuzamura ubusatirizi ari ku rwego rwo...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 26 Kanama 2017, itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda (FPU) 160 bayobowe na Assistant Commissioner of Police (ACP) Faustin Ntirushwa bagarutse mu Rwanda,...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki ya 27 Nyakanga 2017 Mu murenge wa Murambi Akagari ka Nyamiyaga umupolisi w’umwofisiye (AIP) yarashe umuturage witwa Alexis Zigirinshuti w’imyaka 31ahita...
Ku munsi w’ejo nibwo umutoza Masudi Djuma yatangaje ko asezeye mu ikipe ya Rayon Sports ku mpamvu ze bwite nyuma y’aho ikipe ya Rayon Sports yaramaze imyaka 2 atoza ishyikirijwe igikombe cya...
Kuri iki gicamuntsi taliki ya 03 Nyakanga nibwo umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Antoine Hey yahamagaye abakinnyi 23 bagomba gutoranywamo abazakina umukino ubanza wo guhatanira itike yo kwerekeza...
Perezida Kagame yasubije mu buzima busanzwe ba Ofisiye bakuru n’abato ba Polisi y’u Rwanda bagera kuri 35, ashingiye ku Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda no ku iteka rya Perezida nº 30/01...
Tariki ya 14 Gashyantare buri mwaka isi yose iba yizihiza umunsi w’abakundanye uzwi mu rurimi rw’amahanga nka ‘St Valentin’. Na hano mu Rwanda warizihijwe maze bamwe mu bakinnyi ba ruhago hano mu...
Danny Usengimana rutahizamu wa Police FC n’ikipe y’igihugu Amavubi bivugwa ko yasinyiye ikipe ya Singida United yo muri Tanzania, havutse ikintu gisa n’urujijo kuko Danny aratangaza ko atayisinyiye...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda,FERWAFA,ryatangaje ko imikino ibanza ya ½ cy’Igikombe cy’Amahoro izakinwa tariki 16 n’iya 17 Mata 2024, mu gihe iyo kwishyura ari ku wa 23 Mata...
Ishyirahamwe rya ruhago mu Rwanda,FERWAFA, ryandikiye amakipe 8 yari kuzakina umunsi wa 18 wa shampiyona y’u Rwanda mu mpera z’iki cyumweru ko iyi mikino ibaye isubitswe bakazamenyeshwa igihe...