Mbondi Christ ni umunya Cameroon umaze gusinyira ikipe ya Rayon Sports nyuma yo kwemeza abafana b’iyi kipe bari bari mu Nzove ku kibuga cy’Imyitozo ikoreraho aho benshi mu bafana bavuze ko babonye...
Urukiko rwo muri Kenya rwatangaje ko gusuzuma ko abantu bakora ubutinganyi hagendewe ku bizami byo kugenzura mu bibuno byabo binyuranyije n’ amategetegeko nyuma y’ abatinganyi bo muri iki gihugu...
Umutoza w’ikipe ya APR FC Jimmy Mulisa yatangaje ko yishimiye kuba umukinnyi Iranzi Jean Claude yagarutse muri APR FC aho yavuze ko ubunararibonye bwe yari ubukeneye mu ikipe ye izahagararira u...
Ku munsi w’ejo nibwo ikipe ya Rayon Sports yakoze imyitozo ya kabiri mu mwaka wa 2018 aho abakinnyi nka Habimana Yussuf wari umaze iminsi mu mvune na Nahimana Shassir wari umaze iminsi mu biruhuko...
Ikipe ya Rayon Sports yatangiye kurambagiza abakinnyi benshi batandukanye biganjemo abanyamahanga bashoboye bashobora kuyifasha mu mikino ya CAF Champions League ndetse bamwe bari hafi kugera mu...
Biravugwa ko ikipe ya Rayon Sports yaba iri mu biganiro n’abasore 2 aribo Nshuti Dominique Savio washeshe amasezerano n’ikipe ya AS Kigali ku munsi w’ejo, ndetse na Shabani Hussein uzwi nka...
Umwaka wa 2017 waranzwe n’ibintu bitandukanye mu mikino hano mu rwanda aho benshi bishimiye ibyo bagezeho abandi barifuza impinduka mu mwaka utaha.
Umuryango wagerageje kureba bimwe mu bihe...
Umuhungu wa Emmerson Mnangagwa yifotoje yisasiye amafaranga andi ayafashe mu ntoki, yatangaje ko kuba ise yabaye Perezida wa Zimbabwe ubuzima kuri we bugiye guhinduka kandi ko ashobora no kuba...
Ikipe ya Mukura Victory sports iratangaza ko yiteguye kurega umukinnyi Ally Niyonzima mu mategeko nyuma y’aho uyu musore ashaka kwerekeza mu ikipe ya Rayon Sports kandi akibafitiye amasezerano...
Ebyiri mu ndorerezi z’Umuryango w’Ubucuruzi bw’Ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo n’Uburasirazuba (COMESA) ziyobowe na Bishop Mary Nkosi zavuze ko igenzura zimaze gukora kuva aho zigereye mu Rwanda...
Umusore w’imyaka 21 y’amavuko wo muri Zambia yatunguye abantu nyuma yo gusangiza inshuti ze zo ku rubuga rwa facebook ko ashaka gupfa bakamukwena, nyuma y’akanya gato bakabona amafoto acicikana ari...
Umusore Manzi Thierry myugariro warangije amasezerano mu ikipe ya Rayon Sports arifuzwa cyane n’ikipe ya Yanga Africans yo muri Tanzania nyuma y’amakuru amaze igihe avugwa ko uyu musore yaba...
Turi tariki ya 06 Nyakanga ni umunsi w’ 187 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 178 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki nibwo inkomarume Diogo Cão yavumbuye isoko y’ uruzi...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Francis Kaboneka yavuze ko ubuyobozi bw’u Rwanda bwashyizweho n’Imana kandi bukaba ari yo bukorera, bityo ko budashobora gutererana Abanyarwanda muri byose bahura...
APR FC nk’ ikipe izaserukira u Rwanda muri CAF Champions yamaze gutanga urutonde rw’agateganyo rw’abakinnyi 29 izakoresha barimo na Twizerimana Onesme na Sekamana Maxime bamaze iminsi mu mvune....
Umunya Algeria ukinira ikipe ya Leicester City, Riyad Mahrez, niwe wegukanye igihembo cy’umukinnyi mwiza w’umunyafurika mu mwaka wa 2016.
Mu bagore cyegukanywe n’umunya Nigeria Asisat Oshoala....
Hakizimana Muhadjiri umusore ukinira ikipe ya APR FC ariko ubu akaba ari mu imvune, aratangaza ko ababajwe bikomeye no kuba atazakina umukino wa Champions League ikipe ye ifitanye na Zanaco FC...
Matabaro Jean Marie Vianney wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umujyi wa Kigali kuva muri 2010 yasezeye ku mirimo ye.
Kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gashyantare nibwo Perezida wa Njyanama y’...
Jimmy Mulisa umutoza w’ikipe ya APR FC Azi neza ko ikibuga bazakiniraho n’ikipe ya Zanaco FC mu mikino nyafurika ari kibi, ariko ibyo bitagomba kuba urwitwazo rwo gutsindwa kuko batazagikiniraho...
Ikipe ya Zanaco FC yo muri Zambia iraba isesekara i Kigali ku igicamusi cyo kuri uyu wa kane ije gukina umukino wo kwishyura na APR FC mu irushanwa rya CAF Champions League, yamaze gushyira...
Pascal Nyamurinda wahoze ayobora Ikigo cy’ igihugu gishinzwe Irangamuntu (NIDA/National ID Agency), yatorewe kuyobora Umujyi wa Kigali.
Ni mu matora yabaye kuri uyu wa 17 Gashyantare 2017,...
Nyuma y’ uko Matabaro Jean Marie Vianney wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’ Umujyi wa Kigali asezeye mu mirimo ye ku mpamvu ze bwite, Eng. Didier Sagashya yatsindiye uyu mwanya mu kizamini...