skol
Kigali

Search: Zambia (549)

Rayon Sports imaze gusinyisha Rutahizamu abafana bemeje ko ameze nka Bogota

Mbondi Christ ni umunya Cameroon umaze gusinyira ikipe ya Rayon Sports nyuma yo kwemeza abafana b’iyi kipe bari bari mu Nzove ku kibuga cy’Imyitozo ikoreraho aho benshi mu bafana bavuze ko babonye...
15 January 2018 1454 0

Kenya yamaganye gusuzumira abatinganyi mu kibuno

Urukiko rwo muri Kenya rwatangaje ko gusuzuma ko abantu bakora ubutinganyi hagendewe ku bizami byo kugenzura mu bibuno byabo binyuranyije n’ amategetegeko nyuma y’ abatinganyi bo muri iki gihugu...
23 March 2018 2005 0

Hakizimana umusifuzi uhagarariye u Rwanda muri CHAN 2018 aratangira uyu munsi

Umusifuzi mpuzamahanga Hakizimana Louis niwe munyarwanda rukumbi uzasifura imikino ya CHAN 2018iratangira muri Maroc,aratangira uyu munsi mu mukino ufungura iyi mikino urahuza Maroc na...
13 January 2018 297 0

CHAN 2018:Maroc yanyagiye Mauritania mu mukino ufungura

Ikipe ya Maroc yakiriye irushanwa rya CHAN uyu mwaka,yatangiye neza kuko mu mukino ufungura yanyagiye Mauritania ibitego 4-0 byose byabonetse mu gice cya kabiri cy’umukino. Nubwo byabanje kugora...
14 January 2018 251 0

Mulisa yishimiye kugaruka kwa Iranzi

Umutoza w’ikipe ya APR FC Jimmy Mulisa yatangaje ko yishimiye kuba umukinnyi Iranzi Jean Claude yagarutse muri APR FC aho yavuze ko ubunararibonye bwe yari ubukeneye mu ikipe ye izahagararira u...
11 January 2018 415 0

Hagaragaye amaraso mashya mu myitozo ya Rayon Sports

Ku munsi w’ejo nibwo ikipe ya Rayon Sports yakoze imyitozo ya kabiri mu mwaka wa 2018 aho abakinnyi nka Habimana Yussuf wari umaze iminsi mu mvune na Nahimana Shassir wari umaze iminsi mu biruhuko...
10 January 2018 1495 0

Urutonde rw’imodoka 10 zihenze cyane muri uyu mwaka w’2018-AMAFOTO

Uyu mwaka wa 2018 utangiranye udushya twinshi nk’inkweto zikozwe mu cyuma zikorerwa muri Zambia, kuri ubu hakaba hanasohotse urutonde rw’imodoka nziza zihenze ku isi kurusha izindi z’ubwoko...
8 January 2018 10462 0

Rayon Sports yatangiye kurambagiza abanyamahanga bafite ubuhanga

Ikipe ya Rayon Sports yatangiye kurambagiza abakinnyi benshi batandukanye biganjemo abanyamahanga bashoboye bashobora kuyifasha mu mikino ya CAF Champions League ndetse bamwe bari hafi kugera mu...
4 January 2018 1035 0

Nshuti Savio na Tshabalala ku rutonde rw’abakinnyi bazakinira Rayon Sports

Biravugwa ko ikipe ya Rayon Sports yaba iri mu biganiro n’abasore 2 aribo Nshuti Dominique Savio washeshe amasezerano n’ikipe ya AS Kigali ku munsi w’ejo, ndetse na Shabani Hussein uzwi nka...
29 December 2017 639 0

Inkuru zavuzwe cyane mu mikino yo mu Rwanda mu mwaka wa 2017

Umwaka wa 2017 waranzwe n’ibintu bitandukanye mu mikino hano mu rwanda aho benshi bishimiye ibyo bagezeho abandi barifuza impinduka mu mwaka utaha. Umuryango wagerageje kureba bimwe mu bihe...
26 December 2017 382 0

Perezida Kagame yitabiriye irahira rya perezida Kenyatta

Kuri uyu wa Kabiri kuya 28 ugushyingo 2017, nibwo Kenyatta azarahirira kuyobora igihugu cya Kenya ku yindi mpanda.iki gikorwa kikaba kizitabirwa n’abakuru b’ibihugu 11 harimo na perezida w’u Rwanda...
27 November 2017 2643 0

Umuhungu wa Perezida mushya wa Zimbabwe yifotoje yisasiye amafaranga-AMAFOTO

Umuhungu wa Emmerson Mnangagwa yifotoje yisasiye amafaranga andi ayafashe mu ntoki, yatangaje ko kuba ise yabaye Perezida wa Zimbabwe ubuzima kuri we bugiye guhinduka kandi ko ashobora no kuba...
23 November 2017 7525 0

Minisitiri w’ intebe mushya w’ u Rwanda yakorewe ibirori byo kumusezera no kumwifuriza ishya n’ ihirwe

Minisitiri mushya w’ intebe w’ u Rwanda Dr Edouard Ngirente yakorewe ibirori n’ abakozi ndetse n’ abayobozi ba banki y’ Isi, bamusezeraho ari nako bamwifuriza ishya n’ ihirwe mu mirimo agiyemo yo...
9 September 2017 7540 0

Mukura VS ishobora kurega umukinnyi Ally Niyonzima wa Rayon Sports

Ikipe ya Mukura Victory sports iratangaza ko yiteguye kurega umukinnyi Ally Niyonzima mu mategeko nyuma y’aho uyu musore ashaka kwerekeza mu ikipe ya Rayon Sports kandi akibafitiye amasezerano...
8 August 2017 618 0

Nta kigaragara cyarogoya amatora ya Perezida wa Repubulika - Indorerezi za COMESA

Ebyiri mu ndorerezi z’Umuryango w’Ubucuruzi bw’Ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo n’Uburasirazuba (COMESA) ziyobowe na Bishop Mary Nkosi zavuze ko igenzura zimaze gukora kuva aho zigereye mu Rwanda...
3 August 2017 281 0

Umusore yashyize mu bikorwa umugambi mubisha nyuma yo kubitangariza kuri Facebook (AMAFOTO)

Umusore w’imyaka 21 y’amavuko wo muri Zambia yatunguye abantu nyuma yo gusangiza inshuti ze zo ku rubuga rwa facebook ko ashaka gupfa bakamukwena, nyuma y’akanya gato bakabona amafoto acicikana ari...
30 July 2017 3825 0

Yanga Africans irifuza Manzi Thierry wa Rayon Sports

Umusore Manzi Thierry myugariro warangije amasezerano mu ikipe ya Rayon Sports arifuzwa cyane n’ikipe ya Yanga Africans yo muri Tanzania nyuma y’amakuru amaze igihe avugwa ko uyu musore yaba...
18 July 2017 782 0

Isoko y’ uruzi runini muri Afurika yavumbuwe tariki 6 Nyakanga, reba ibindi byaranze iyi tariki mu mateka y’...

Turi tariki ya 06 Nyakanga ni umunsi w’ 187 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 178 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki nibwo inkomarume Diogo Cão yavumbuye isoko y’ uruzi...
6 July 2017 1922 0

U Rwanda ku mwanya wa mbere mu kugira abashomeri bake mu rubyiruko-Ubushakashatsi

Ubushakashatsi bushya bwatangijwe n’ikigo cy’umuherwe Ashish J Thakkar bwiswe “Ashish J Thakkar Global Entrepreneurship Index” bwashyize u Rwanda mu bihugu 45 bya mbere ku isi byorohereza guhanga...
28 November 2016 700 0

Koffi Olomide yiseguye ku Banyarwanda

Umuririmbyi w’icyamamare muri Congo, Antoine Christophe Agbepa Mumba [Koffi Olomide], yasabye imbabazi Abanyarwanda nyuma y’uko atangaje itariki y’igitaramo agiye gukorera mu Rwanda ariko ikaza...
19 December 2016 2258 0

’Imana yakunze Abanyarwanda ibaha abayobozi beza’ Min Kaboneka

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Francis Kaboneka yavuze ko ubuyobozi bw’u Rwanda bwashyizweho n’Imana kandi bukaba ari yo bukorera, bityo ko budashobora gutererana Abanyarwanda muri byose bahura...
25 December 2016 452 0

APR yashyize ahagaragara urutonde rw’ abakinnyi 29 izifashisha mu mikino Nyafurika

APR FC nk’ ikipe izaserukira u Rwanda muri CAF Champions yamaze gutanga urutonde rw’agateganyo rw’abakinnyi 29 izakoresha barimo na Twizerimana Onesme na Sekamana Maxime bamaze iminsi mu mvune....
4 January 2017 1028 0

CAF: Riyad Mahrez yegukanye igihembo cy’umukinnyi w’Afurika mwiza, umugande nawe ahabwa ikindi

Umunya Algeria ukinira ikipe ya Leicester City, Riyad Mahrez, niwe wegukanye igihembo cy’umukinnyi mwiza w’umunyafurika mu mwaka wa 2016. Mu bagore cyegukanywe n’umunya Nigeria Asisat Oshoala....
6 January 2017 504 0

Muhadjiri yagaragaje amarangamutima ye mbere y’umukino bagenzi be bazakina na Zanaco FC

Hakizimana Muhadjiri umusore ukinira ikipe ya APR FC ariko ubu akaba ari mu imvune, aratangaza ko ababajwe bikomeye no kuba atazakina umukino wa Champions League ikipe ye ifitanye na Zanaco FC...
6 February 2017 1518 0

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’ Umujyi wa Kigali yasezeye mu mirimo ye

Matabaro Jean Marie Vianney wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umujyi wa Kigali kuva muri 2010 yasezeye ku mirimo ye. Kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gashyantare nibwo Perezida wa Njyanama y’...
6 February 2017 2433 0

Ikibuga ntago ari cyiza ariko twese tuzagikiniraho, ibyo si ibisobanuro nidutsindwa - Jimmy Mulisa

Jimmy Mulisa umutoza w’ikipe ya APR FC Azi neza ko ikibuga bazakiniraho n’ikipe ya Zanaco FC mu mikino nyafurika ari kibi, ariko ibyo bitagomba kuba urwitwazo rwo gutsindwa kuko batazagikiniraho...
10 February 2017 1125 0

Nyamurinda akomeje kugirirwa icyizere gishobora kumwicaza ku buyobozi bw’Umujyi wa Kigali

Inama Njyanama y’Akarere ka Gasabo imaze gutorera Nyamurinda Pascal wahoze ari umuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe indangamuntu mu Rwanda (NIDA); kuyihagararira muri Njyanama y’Umujyi wa...
14 February 2017 3708 0

CAF CL: Abakinnyi 18 ikipe ya Zanaco FC izahagurukana guhangana na APR FC

Ikipe ya Zanaco FC yo muri Zambia iraba isesekara i Kigali ku igicamusi cyo kuri uyu wa kane ije gukina umukino wo kwishyura na APR FC mu irushanwa rya CAF Champions League, yamaze gushyira...
15 February 2017 753 0

Pascal Nyamulinda wahoze ayobora NIDA yatorewe kuyobora Umujyi wa Kigali

Pascal Nyamurinda wahoze ayobora Ikigo cy’ igihugu gishinzwe Irangamuntu (NIDA/National ID Agency), yatorewe kuyobora Umujyi wa Kigali. Ni mu matora yabaye kuri uyu wa 17 Gashyantare 2017,...
17 February 2017 1992 0

Eng. Didier Sagashya yatsinze ikizamini cyo kuba Gitifu w’ Umujyi wa Kigali (yavuguruwe)

Nyuma y’ uko Matabaro Jean Marie Vianney wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’ Umujyi wa Kigali asezeye mu mirimo ye ku mpamvu ze bwite, Eng. Didier Sagashya yatsindiye uyu mwanya mu kizamini...
17 February 2017 3340 0
0 | ... | 270 | 300 | 330 | 360 | 390 | 420 | 450 | 480 | 510 | 540