Junior Multisystem wamamaye mu Rwanda mu gutanganya amajwi y’indirimbo zabahanzi bakomeye ndetse nabamwe mu bahanzi ba Uganda harimo nka Ragga Dee, yakoze muri studio zitandukanye hano mu Rwanda...
Umunya Australia witwa Sarah Stevenson yaciye ibintu hirya no hino ku isi kubera amashusho yashyize ku rubuga rwe rwa You Tube ari kubyara mu rwego rwo gushaka...
Umushumba wa kiliziya Gatorika,Papa Francis,yaciye ibintu mu binyamakuru ubwo yasomaga inkwero za perezida Salva Kiir wa Sudan y’Epfo n’inyeshyamba batavuga rumwe Riek Machar nyuma yo kurangiza...
Umukobwa w’imyaka 24 witwa Joan Munene wiga muri kaminuza ya Kenyatta University yatangaje ko afite inda y’ibyumweru 4 ya visi perezida wa Kenya,William Ruto,ariko ngo uyu mugabo yaramwihakanye...
Abakunzi ba ruhago muri Kenya bacitse ururondogoro nyuma yo kubona amafoto y’abakinnyi babo baryamye hasi kuri sima ku kibuga cy’ indege,I Doha muri Qatar,ubwo bari bagiye gukina na RS...
Umukobwa witwa Sydney Paige Monfries yahanutse ku gasongero k’inyubako ndende cyane ya kaminuza ya Fordham University ubwo yahuriraga agiye kwifatira selfie aho umujyi wa New York ugaragara...
Hashize ukwezi havugwa amakuru y’urukundo ruri hagati ya rutahizamu wa Rayon Sports, Umunya-Ghana Michael Sarpong, ndetse n’umuhanzikazi uririmba injyana ya Dancehall Mukasine Asinah abenshi bazi...
Ikipe ya Ajax Amsterdam ikoze ibyo benshi batakekaga isezerera Juventus ya Cristiano Ronaldo iyitsinze ibitego 2-1, mu mukino wo kwishyura, mu gihe FC Barcelona yanyagiye Manchester United...
Ivanka umukobwa wa Perezida Donald Trump akaba n’umujyanama we, uri mu rugendo rw’iminsi ine mu bihugu bya Afurika, yatangaje abantu ubwo yagaragazaga ko azi gucinya akadiho...
Myugariro w’ikipe ya Arsenal witwa Nacho Monreal yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera ukuntu yaraye avuye mu kibuga mu mukino iyi kipe ye yahuraga na Napoli muri UEFA Europa League,ajya mu...
Umushumba wa kiliziya gatolika Papa Francis yogeje ibirenge imfungwa zifungiwe muri gereza yo mu gace kitwa Velletri mu Butaliyani ndetse arabisoma kuwa Kane w’iki...
Nirere Venantie, ni umukecuru w’imyaka 83 y’amavuko kuko yavutse mu 1936. Atuye mu murenge wa Mbuye wo mu karere ka Ruhango, ubu umuryango we ukaba ushimangira ko amerewe nabi bitewe n’ingaruka...
Uwahoze ari umunyamakuru w’imikino by’umwihariko mu kogeza imipira,Rutamu Elie Joe yamaze gutera ivi, yambika impeta umukunzi we Nyinawabeza Rebecca uba muri Leta Zunze Ubumwe za...
Mu mikino ya nyuma y’igikombe cy’Isi cya 2018 ni bwo Rutamu yasezeye itangazamakuru icyo gihe muri Nyakanga ahita ajya muri Amerika kubayo. Aha akaba yarahamyaga ko agiye kwiga ibijyanye no...
Umuhanzi Diamond Platnumz yavuze ko kuba Zari wahoze ari umugore we yaramucaga inyuma agakundana n’umuhanzi Peter Okoye ari byo byatumye amuca inyuma ariko kandi Zari na we ahita amusubizanya...
Ikipe ya AS Kigali yabimburiye andi makipe akomeye kubona amanota 3,kuko yatsindiye Kiyovu Sports kuri stade ya Kigali igitego 1-0 mu mukino warangiye urucaca ari abakinnyi...
Umugore ukomoka muri Mali, Hawa Dème, ari mu byishimo byo guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda, ni nyuma yo kugeza icyifuzo cye kuri Perezida Kagame ubwo yari muri Rwanda Day ya 2017 yabereye mu...