Umugabo witwa Harerimana Emmanuel uzwi ku izina rya Gasimba wo mu Mujyi wa Kigali, ararira ayo kwarika nyuma y’uko APR FC itsinzwe na Muhanga FC, akirukanwa n’umugore we mu...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA,ryamaze guca ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi ijana ku ikipe ya Rayon Sports ndetse na APR FC kubera ubushyamirane bwaranze abafana...
Myugariro Mutsinzi Ange w’ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko amakuru yiriwe avugwa ku munsi w’ejo taliki ya 07 Kamena 2019 ko yerekeje mu ikipe ya APR FC ari ibihuha byahimbwe n’abantu atazi ndetse...
Umukinnyi Manzi Thierry uherutse kuva muri Rayon Sports yerekeza muri APR FC,yahaye ibyishimo abafana b’iyi kipe ye nshya nyuma yo kubatsindira ikipe ya Proline FC yo muri Uganda mu mukino wa...
APR FC yabimburiye andi makipe kwerekeza mu mikino ya ¼ cy’irangiza mu mikino ya CECAFA Kagame Cup 2019 nyuma yo kubona amahirwe, umukinnyi wa Green Eagles bakinaga akitsinda...
Kuri uyu wa 02 Kanama 2019, ikipe ya APR FC yakoze igikorwa cyo gutangaza ku mugaragaro abatoza bashya iyi kipe izakoresha mu mwaka w’imikino utaha, ndetse n’abakinnyi bashya yamaze gusinyisha...
Umukinnyi ukina hagati mu ikipe ya APR FC, Niyonzima Olivier Sefu avuga ko akigera muri iyi kipe yabanje kugorwa n’uburyo iyi kipe ibayeho kuko yasanze bitandukanye na Rayon Sports...
Umunyezamu wahoze muri Rayon Sports Bikorimana Gerrard afashije ikipe ye nshya ya Mukura VS gusezerera APR FC muri ½ cy’imikino y’Agaciro Tournament nyuma yo kunganya ibitego 2-2 hakitabazwa...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 22 Gicurasi 2020,APR FC yahawe ìgikombe cya Shampiyona nyuma y’aho FERWAFA yafashe umwanzuro wo guhagarika burundu shampiyona.
Ubuyobozi bwa APR FC bwahaye uburenganzira Sugira Ernest na Nkomezi Alex bwo kuba bakwishakira andi makipe ariko akabanza kuvugana n’ubuyobozi bwa APR FC nk’uko umunyamabanga mukuru w’iyi kipe...
Malaika wamenyekanye nk’umufana udasanzwe w’ikipe ya Rayon Sports yagaragaye afana APR FC avuga ko umuntu aba akwiye kujya ahamuha ibyishimo mu gihe atazi igihe asigaje ku...
Umutoza wungirije wa APR FC, Jamel Eddine Neffati,yahawe umutuku mu mukino iyi kipe yanganyije na Gasogi United kuri Stade ya Bugesera FC 0-0.
Umutoza wungirije wa APR FC, Umunya-Tunisia, Jamel...
Mu mukino ubanza w’ijonjora rya kabiri rya CAF Champions League wahuzaga APR FC na Pyramids FC yo mu Misiri kuri Kigali Pele Stadium, warangiye amakipe yombi anganya...
Ikipe ya APR FC yafashe umwanzuro wo kutazongera kugaragara mu irushanwa rya Mapinduzi Cup,nyuma yo gutsindwa na Mlandege kuri penaliti 4-2,mu mukino wagaragayemo imisifurire mibi...
Imyaka 8 yari ishize ikipe ya Police Handball club yarigaruriye amakipe yose ya hano mu Rwanda mu mukino wa Handball gusa ibintu byahindutse aho kuri iki cyumweru taliki ya 25 kamena yihanijwe...
Ikipe ya APR FC isezerewe mu mikino nyafurika nyuma yo gutsindirwa na Zanaco FC i Kigali igitego 1-0, mu gihe umukino ubanza amakipe yombi yari yanganyije 0-0 muri Zambia.
Igice cya mbere...
Umukinnyi mpuzamahanga w’umunyarwanda ukinira ikipe ya Gor Mahia yo muri Kenya, Mugiraneza Jean Baptiste Migi yagize ubutumwa agenera barumuna be bakina muri APR FC mbere yo gukina umukino wa...
Shampiyona y’ icyiciro cya mbere mu Rwanda AZAM Rwanda Premier League’ irakomeza uyu munsi tariki ya 30 Ukuboza 2016, amakipe 2 ya mbere Rayon Sports na APR FC, araba yagiye gukinira hanze...
Amakuru agera ku Umuryango ni uko umusore Bimenyimana Bonfils Caleb wari wasinyiye Rayon Sports amasezerano y’imyaka 2 ndetse akifotoza mu myenda y’iyi kipe yamaze gusinyira ikipe ya APR FC mu gihe...
Umukinnyi Mugiraneza Jean Baptiste uzwi nka Migi yatangaje ko APR FC ifite abakinnyi beza kandi bafite ubushake bwo gutsinda gusa bari ku rwego rumwe.
Migi yavuze ko kuba abakinnyi ba APR FC...
Ikipe ya APR FC inyagiye ikipe ya Anse Reunion yo muri Seychelles FC ibitego 4-0 mu mukino ubanza wa CAF Confederations cup ,itera intambwe yo kuzahura na Djoriba FC mu cyiciro gikurikira....
Ikipe ya APR FC ibashije gutahana amanota 3 iyakuye kuri stade Umuganda yagoye amakipe akomeye muri iyi mikino ibanza ya shampiyona y’u Rwanda AZAM Rwanda Premier League.
Muri uyu mukino...
Kuri uyu munsi hizihizwaga umunsi wo kwibohora ku nshuro ya 24,APR FC ifashije abanyarwanda gukomeza kwishimira intsinzi aho inyagiye Dakadaha ibitego 4-1 mu mukino wa 3 wo mu itsinda...
Umukino wagombaga guhuza APR FC na Rayon Sports mu mukino wari wateguwe n’urwego rw’umuvunyi rwashakaga gutanga ubutumwa bwo kurwanya ruswa ntukibaye kubera ko APR FC yavuze ko itaboneka kubera ko...