Nyuma y’imyaka irenga ibiri Bad Rama atagera mu Rwanda yagarutse yakirwa n’inshuti ze abo mu muryango ndetse na Marina ubarizwa muri Lebel yiwe ya The Mane yasuhuje mu buryo budasanzwe ahoyasazwe...
Barack Hussein Obama II wabaye Perezida wa 44 wa Leta Zunze ubumwe za Amerika buri mwaka agaragaza urutonde rw’indirimbo zamunyuze, kuri ubu hagaragayeho indirimbo eshatu z’abahanzi bo muri...
Umuhanzi Joseph waenyekanye nka Jo Mersa Marley akaba ari umwe mu muryango wa Bob Marley cyane ko yari umwuzukuru we yitabye Imana azize urupfu rutunguranye.
Nduwimana Jean Paul wamenyekanye nka Noopja mu muziki, akaba nyiri Country Records na Country FM, yavuze amagambo akomeye ku cyahitanye umuvandimwe we Kinyoni, avuga ko yarozwe n’abantu yizeye...
Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Islael Mbonyi aravugwaho ubuhemu na bamwe bamufashije mu gitaramo cy’amateka kizwi nka ‘Icyambu live Concert’ cyabaye ku wa 25 Ukuboza 2022 ariko...
Maria Luisa Varela uturuka muuri Philipine ni we wegukanye ikamba rya Miss Planet International ryatanzwe ku wa 29 Mutarama 2023 mu gihe Umunyarwandakazi wari kuryitabira we yaje...
Nyuma y’iminsi mike umuhanzi Diamond atangaje ko yatandukanye na Zuchu ku birebana n’urukundo ndetse ko kuri ubu babanye nk’abavandimwe(Mushiki na Musaza) yamuguriye impano bitangaza...
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi,Nyarwaya Yago,akomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga kubera umukobwa umumereye nabi amushinja ko yamuteye inda.
Umukobwa uvuga ko yatewe inda na Yago nawe...
Mu rukundo kwishima no kubabara n’ibintu bisanzwe gusa umukunzi wawe ashobora no kubabara badaturutse ku mpamvu z’urukundo rwanyu gusa impamvu iyo ariyo yose nk’umukunzi wawe ni ngombwa ko umufasha...
Nyuma y’inkuru nyinshi zatambutse zivuga ko umuraperi Tyga n’umuhanzikazi Avril baba bari mu rukundo ariko bikabura gihamya aba bombi baciye amazimwe bahamya iby’urukundo...
Madamu Proscovia Musoke,umubyeyi w’abahanzi bakomeye cyane muri Uganda,Jose Chameleone na Douglas Mayanja uzwi nka Weasel Manizo, yashyigikiye aba bahungu be nyuma yo gusomanira umunwa ku wundi ku...
Abahanzi bakomeye ku isi mu njyana ya Pop,Selena Gomez na Zayn Malik baravugwa mu rukundo ndetse biravugwa ko bombi bafitanye amateka akomeye.
Umuhanzikazi Selena Gomez w’imyaka 30 yasohokanye...