Gatabazi Jean Marie Vianney wabaye Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu yasabiye umufasha wa Perezida Paul Kagame, Jeannette Kagame, umugisha ku munsi mpuzamahanga w’ababyeyi...
Ibihe bitatu by’ingenzi mu buzima bwa muntu ni ukuvuka,Gushyingirwa no gupfa. Gushyingirwa no kugira umuryango ni ikintu cy’ingenzi mu buzima. Umusore ugiye guhitamo umugore areba niba umukobwa...
Irushanwa Nyafurika muri Basketball, BAL, rigiye kubera mu Rwanda ku nshuro ya gatatu. Tariki ya 2 Gicurasi ni bwo hashyizwe hanze amatike y’imikino yose ku bifuza kuyitabira ndetse kugeza ubu...
Ishyirahamwe ry’Imikino Ngororamubiri mu Rwanda (RAF) ryatangaje ko abakinnyi basaga ibihumbi 10 ari bo bitezwe ko baziyandikisha mu isiganwa mpuzamahanga ryo ku maguru “Kigali International Peace...
Umuryango IBUKA uharanira inyungu z’abarokotse jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ukorera mu Karere ka Nyarugenge yasabye ko umunyapolitiki Ingabire Umuhoza Victoire yamburwa imwe mu mitungo...
Ishami rya ONU ryita ku mpunzi ku isi, HCR, muri Malawi riravuga ko ritewe impungenge cyane n’itabwa muri yombi no gufungwa kw’impunzi zirenga 370 zirimo abana barenga ijana ku itariki ya 17 za...
Nyuma y’icyumweru mu Rwanda hatangijwe igikorwa cyo gusimbuza impyiko ku barwayi bazo, muri batatu bahereweho, babiri bamaze kuva mu bitaro basubira mu ngo...
Ibihe bitatu by’ingenzi mu buzima bwa muntu ni ukuvuka,Gushyingirwa no gupfa. Gushyingirwa no kugira umuryango ni ikintu cy’ingenzi mu buzima. Umusore ugiye guhitamo umugore areba niba umukobwa...
Nyuma y’aho ikipe ya Rayon Sports yegukanye igikombe cy’Amahoro itsinze APR FC 1-0 , abakunzi bayo ndetse n’abakinnyi bakomeje kwishimira iyi tsinzi mu buryo budasanzwe aho uri gusanga benshi mu...
Ku wa Kabiri, tariki 6 Kamena 2023, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.
1. Inama yAbaminisitiri yemeje...
Ku mugororoba wo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 6 Kamena 2023, nibwo Ikamyo yakoze impanuka ubwo yari igeze ku Kimironko mu Karere ka Gasabo ihitana umunyamaguru wari mu nkengero z’umuhanda....
Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yagize Lt Col Simon Kabera, Umuvugizi wungirije wa RDF, aho yungirije Brig Gen Ronald Rwivanga.
Izi mpinduka zatangajwe kuri uyu wa...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 8 Kamena 2023, nibwo Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yagize Lt Col Simon Kabera, Umuvugizi wungirije wa RDF .
Ni umuntu usanzwe azwi mu...