Reta y’Uburundi yatangaje ko inzira zo mu Kirere zifunguye ku Burundi n’Urwanda. Naho ku Barundi imipaka yo hasi yafunzwe bari mu Rwanda, bemerewe gusubira mu...
Umunyamabanga mukuru w’Ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, CNDD-FDD,Révérien Ndikuriyo, yavuze ko bazakomeza ibiganiro na FPR yo mu Rwanda kugira ngo haboneke umuti ku bibazo biri hagati y’ibihugu...
Umutwe witwaje intwaro wa ARC-M23 watangaje ko wishe abasirikare bafite ibirango by’u Burundi mu mirwano yabereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC,...
Umutwe wa M23 watangaje ko wafashe agace ka Mushaki gaherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kari mu birometero 36 uvuye mu mujyi wa Goma. Ni nyuma y’imirwano yahuje izo nyeshyamba n’igisirikare...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane tariki 23 ugushyingo 2023 hazindutse imirwano ikaze hagati y’ingabo za FARDC ,FDLR,MAIMAI na Wazalendo bahanganye n’umutwe wa M23 hakaba humvikanyemo imbunda...
Mu mirwano ikomeye yatangiye mu ma saa kumi z’igitondo kuri uyu wa kabiri, umutwe udasanzwe w’ingabo za FARDC n’abo bafatanya bazindutse barasa ibisasu biremereye mu gace ka Karenga na...
Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’Uburundi, Alain Guillaume Bunyoni,yatangiye kuburanishwa mu mizi kuri uyu wa mbere aho yashinje u Rwanda kumuneka binyuze mu kwinjirira ibikoresho bye...
Umutekano wari wongerewe cyane mu mujyi wa Rumonge mu ijoro ryo ku cyumweru ku kigero kitari kimenyerewe aho abapolisi benshi bakomeje kuzenguruka birukana abantu bari mu tubari no mu ma...
The Ben ari kumwe n’umugore we, Uwicyeza Pamela bahagurutse i Kigali kuri uyu wa 27 Nzeri 2023 berekeza i Bujumbura aho bitabiriye ibitaramo uyu muhanzi afite i...
Nyuma y’ubusabe bwa Al Hilal Benghazi na Rayon Sports ko umukino wakwimurirwa I Kigali, CAF yamaze gusubiza ayo makipe ko Rayon Sports ariyo igomba kwemera ko umukino wabera mu...
Ikipe ya Rayon Sports yageze mu mujyi wa Benghazi muri Libya aho igiye gukina na Al Hilal Benghazi mu mukino ubanza w’ijonjora rya nyuma ryo kwerekeza mu matsinda ya CAF Confederation...
Ikipe ya Rayon Sports yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi izajyana muri Libya aho izakirwa na Al Hilal SC mu mukino ubanza wa CAF Confederation Cup uzaba ku wa...
Ikipe ya Rayon Sports yazindukiye mu myitozo ku kibuga cy’imyitozo cyo mu Nzove (Skol Stadium) mbere yo gutangira urugendo rwo kujya gushaka uko rwasubira mu matsinda ya CAF Confederation...
Ku mugabane wa Afurika hari ibihugu bizwiho kuba bifite abakobwa beza kurusha abandi, gusa ikiza ku mwanya wa mbere mu bihugu 10 biyoboye ibindi kiraza kugutungura kuko utakekaga ko cyaza kuri...
Abantu baturuka mu karere k’ibiyaga bigari baba muri Zambia baherutse gufatwa n’inzego z’umutekano n’izishinzwe abinjira n’abasohoka, mu gikorwa bavuga ko gisa n’umukwabu wo gushakisha abadafite...
Uko iminsi yicuma niko ibirego bishya byisukiranya kuri General de Police Alain Guilaume Bunyoni ufunzwe n’ubutegetsi bw’uwo barwananye urugamba kuva mu myaka ya 1990 nyuma bakaza gupfa intebe...