Hari igihe mu buzima bw’umuntu usanga adahirwa mu rukundo rwe. Iteka uko yinjiye mu rukundo ntirumare kabiri. N’iyo rwatinda ugasanga birangiye batandukanye. Menya ibituma udahirwa...
Mu ijambo yagejeje ku banyamuryango ba RPF INKOTANYI ku Cyumweru,tariki ya 02 Mata 2023, Perezida Kagame yavuze ko bikwiriye ko uyu muryango wagakwiye gushaka abandi batari we bamusimbura ku...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascène, yagaragaje ko kuva mu 1990, Leta y’u Rwanda yari iyobowe na Habyarimana yashyizeho gahunda yise ‘ukwirwanaho...
1.Umutwe w’abasirikare barindaga Perezida Habyarimana bafatanyije n’Interahamwe kwica Abatutsi bo mu gace ka Nyamirambo
Tariki ya 08 Mata 1994, Interahamwe n’abasirikare barinda Perezida...
Iyahoze ari Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside, CNLG,mu bushakashatsi bwayo yagaragaje bamwe mu bagore bagize uruhare mu gutegura no gushyira mu bikorwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994....
Abantu benshi barimo Abongereza bagonzwe n’imodoka yinjiye mu mbaga y’abantu bari ku mucanga wa Tel Aviv,yica umwe, mu ijoro ryo kuwa Gatanu,tariki ya 08 Mta 2023.
Ibi byabaye nyuma y’amasaha...
Nk’uko byatangajwe n’Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima,ku makuru ryasohoye ku wa kabiri,tariki ya 11 Mata, abantu barenga 15 ku 100 bo muri Afurika bafite ikibazo cyo kutabyara...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera,yavuze ko abaturage basabwa gutangira amakuru ku gihe kugira ngo ikibazo cy’abajura kibe amateka mu Rwanda.
Yabwiye RBA ko hafashwe ingamba zo...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 12 Mata 2023 urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze Umubikira witwa Twizerimana Vestine uyobora Ikigo Nderabuzima cya Kivumu mu Karere ka Rutsiro,...
Umugore wo muri Espagne ukora siporo iruhije cyane (abazwi nka ’extreme athletes’) yavuye mu buvumo nyuma yo kubumaramo iminsi 500 nta muntu ahura na we, muri iki gikorwa gishobora kuba cyaciye...
Mu myaka irenga 28 ishize,mu Rwanda n’ahandi henshi ku isi hagiye haba imfu zitandukanye mu bantu bazwi yaba muri politiki,imyidagaduro no mu bucuruzi bigaca igikuba mu bantu.
Icyakora mu myaka...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe #Biden amaze gutangaza ko aziyamamariza kongera kuyobora iki gihugu. Yabitangarije muri video yasohowe kuri uyu wa Kabiri
Perezida wa US ubu,Joe...
Maj Gen Jeff Nyagah wayoboraga Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EACRF) zoherejwe kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa RDC yeguye kuri izo nshingano.
Gen Nyagah yavuze ko yabitewe...
Amakuru aravuga ko Ubuyobozi bwasabye ko abafite ababo baguye mu kirombe cyo mu karere ka Huye,mu murenge wa Kinazi baba bitahiye hazagira ikigerwaho bakabahamagara.
Ubuyobozi ngo bwaraye...
Dr Frank Habineza yongeye gutorerwa kuzahagarira ishyaka rye DGPR (Democratic Green Party of Rwanda), mu matoro y’umukuru w’igihugu ateganijwe mu mwaka utaha wa...
Ubuyobozi bw’Intara ya Kwango muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bwategetse ko abaturage bose bagomba kuba bari mu ngo zabo hagati ya saa 20h00 na 6h00 za mugitondo, kubera ubwicanyi...