Umufaransa utoza ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza Arsene Wenger yatangaje ko abafana ba Arsenal badakwiye kugira ubwoba kuko yamaze gufata umwanzuro w’ahazaza he muri Arsenal.
Ni nyuma yo...
Dr. Gahutu Pascal uyobora RIU
Nyuma y’ibaruwa yo kuwa 10 Werurwe uyu mwaka aho Minisiteri y’Uburezi yandikiye ubuyobozi bwa Kaminuza ya Rusizi International University (RIU) ibumenyesha ko iyi...
Perezida wa Tanzania, Dr John Pombe Magufuli yakiriye indahiro z’ abaminisitiri bashya barimo Dr Harrison Mwakyembe wasimbuye uwari Minisitiri w’ itangazamakuru Nape Nnauye, asaba itangazamakuru...
Mu gihe muri iyi minsi hakomeje kumvikana zimwe mu ndirimbo z’ abahanzi nyarwanda ziririmbye mu ndimi zivangavanze, umuhanzi King James asanga abahanzi baririmba indirimbo zivangavanzemo izindi...
Inama y’inteko rusange ya FERWAFA yateraniye i Rubavu kuri uyu wa Gatandatu yemeje ko amatora y’umuboyozi wa FERWAFA azaba muri Nzeri uyu mwaka aho kuba muri Mutarama 2018.
Iyi niyo ngingo...
Emmanuel Elibariki ‘Ney wa Mitego’ yatawe muri yombi na polisi mu Ntara ya Morogoro muri Tanzania, kubera indirimbo inenga Leta ya Magufuli.
Muri iyo ndirimbo yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga,...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko ibabajwe n’uburyo amasezerano ya politike muri Republika Iharanira Demokrasi ya Kongo, yashyizweho umukono tariki 31 Ukuboza umwaka ushize wa 2016, ntacyo...
Abanyeshuri icumi ba Kaminuza ya Singhad Technical Education Society-Rwanda (STES-Rwanda) bahawe igikombe mu Buhinde mu irushanwa bari batumiwemo.
Iryo rushanwa ryateguwe n’ishuri rya Singhad...
Mani Martin mu myitozo y’umushinga wo gukora amashusho y’imwe mu ndirimbo zigize album ye nshya yise ‘Afro’ ikubiyemo ubutumwa bucyeza ibyiza by’umugabane wa Afurika.
Uyu muhanzi Mani Martin,...
Sonia Rolland wabaye nyampinga w’ u Bufaransa, akaba afite inkomoko mu Rwanda kuri ubu ari mu Rwanda aho arimo gukora filimi mbarankuru ivuga ku byiza bitatse u Rwanda.
Iyo filimi izatambutswa...
Abanyabwenge ubundi bavuga ko nta kibi nko kubona umugore yarakaye,bakongera bakavuga ko umugore iyo yarakaye aba ameze nk’Intare y’ingore ,Amakosa ni kimwe mu bintu byica umubano w’abakundanye...
Horacio Villegas
Umugabo wahanuye ko Donald Trump azaba perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse akongeraho ko azaba umwami wa Illuminati uzashora Isi mu Ntambara ya 3 y’Isi yose, kuri...
Minisitiri w’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga, Jean Philbert Nsengimana, yavuze ko mu nama mpuzamahanga ku ikoranabuhanga izwi nka ‘Transform Africa’ izabera mu Rwanda ku nshuro ya gatatu muri Gicurasi...
Mu gihe hashize 100 y’ubutegetsi bwa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika itaramuhiriye na gato, Donald Trump yatangaje ko akazi kamaze kumubana kenshi ndetse atajyaga atekereza ko kuba...
Irabizi Shemu w’imyaka 18, wigaga mu mwaka wa gatanu w’amashuri abanza kuri Sainte Famille. Avuka mu mudugudu wa Kigugu, akagari ka Kamutwa mu murenge wa Kacyiru mu karere ka Gasabo, ni umwe mu...